Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Kinshasa bwatakambiye Idini rya Katolika muri Congo, ku bufasha kugarura amahoro muri iki gihugu no mu Burasirazuba bwacyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 24, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa Kinshasa bwatakambiye Idini rya Katolika muri Congo, ku bufasha kugarura amahoro muri iki gihugu no mu Burasirazuba bwacyo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi yatakambiye idini rya Gatolika muri RDC gufasha ubutegetsi bwe, ku maraho intambara mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni bikubiye mu kiganiro minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Judith Suminwa yagiranye na Cardinal Fridolin Ambongo uyoboye Gatolika muri Congo Kinshasa.

Iki kiganiro cyabereye i Kinshasa ubwo idini rya Gatolika muri RDC ryari muri Misa yo kwibuka urupfu rwa Cardinal Mulula ufatwa nk’aho ariwe watangije iri dini muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba amaze imyaka 35 yitabye Imana.

Muri iki kiganiro Judith Suminwa yasabye Katolika ku musengera kugira ngo abashye kugeza Abanyekongo ku mahoro arambye, by’u mwihariko asaba Cardinal Fridolin Ambongo ku tamuba kure muri ibi bihe iki Gihugu kiri gucyamo byi’ntambara.

Yagize ati: “Ndasaba Abagatolika bizerwa ku nsengera, Guverinoma nyoboye ibashye guhagarara neza mu nzira yo kugera ku mahoro arambye. Mu dusengere tugere kw’iterambere ribereye.”

Judith Suminwa yanabwiye Cardinal Fridolin Ambongo ko atazahwema gushimira Imana yamuhaye kuyobora Guverinoma ngwafashye perezida Félix Tshisekedi kuzana amahoro n’umutekano mu baturage baturiye iki Gihugu.

Yagize ati: “Rwose ndashimira Uwiteka wampaye muri iki gihe ngo mbe umwe mubazana amahoro n’umutekano muri iki Gihugu, hamwe twese ndatekereza ko tuzashobora . Duraharanira inyungu z’abaturage , bityo nyakubahwa Fridolin Ambongo ndasaba iy’i nkunga yawe yo kudusengera no kutuba hafi no kuduha inama kugira ngo tugere kw’iterambere nyaryo.”

Minisitiri w’intebe yasabye kandi iri torero gusengera abaturage baturiye iki Gihugu kwinginga Imana ikabaha gukomera no kwihanganira ibibazo bagiye bahura nabyo by’i ntambara.

Ati: “Ntabwo nabura kugira icyo ntekereza ku baturage bacu, abavandimwe, barumana bacu, basaza bacu, ababyeyi bacu n’abandi bahuye n’intambara zikomeye mu Burasirazuba bw’iki Gihugu, muri Ituri, Kivu Yaruguru, Kivu y’Amajy’epfo, Tshopo, Equateur, Maï-Ndombe ndetse na hano i Kinshasa, umutima wanjye urabakunda. Mu basabire bagere ku gutekana guhagije.”

Suminwa kandi yabwiye Cardinal Fridolin Ambongo ko iki gihugu kimaze imyaka irenga 20 kiri mu bihe bibi by’i ntambara ariko ko igihe batakambiye Imana ahari yabumva igatanga amahoro.

Ndetse kandi yavuze ko abarwanyi b’umutwe wa M23 bari gufata ibindi bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru, ko kandi umutwe w’iterabwoba wa ADF ugikomeje kongera ibitero mu baturage baturiye i Ntara ya Ituri no muri teritware ya Beni.

Hagati aho imirwano ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa irakomeje, mu gihe ibiganiro bya mahoro byo, byahagaze. Byari ibiganiro byaberaga i Nairobi muri Kenya n’i Luanda ho mu gihugu cya Repubulika ya Angola.

            MCN.
Tags: CardinalImanaJudith SuminwaRdcYamutakambiye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe impamvu perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo atarindwa n’Ingabo za FARDC.

Havuzwe impamvu perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo atarindwa n'Ingabo za FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?