• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Guverinoma y’u Rwanda n’u Bubiligi, bigiye kurushaho kunoza ubufatanye mu byagisirikare.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2024
in Regional Politics
0
Guverinoma y’u Rwanda n’u Bubiligi, bigiye kurushaho kunoza ubufatanye mu byagisirikare.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Rwanda n’u Bubiligi bigiye kurushaho gufatanya mu byagisirikare.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu biganiro byahuje impande zombi kuri uyu wa Mbere tariki ya 08/04/2024, n’ibwo minisitiri w’ingabo w’u Rwanda Juvenal Marizamunda yakiriye mugenzi we w’u Bubiligi, Ludivine Dedonder, ibiganiro byabo bikaba byari banze ku kunoza umubano mu bya gisirikare hagati y’ibihugu byombi.

Nk’uko iy’i nkuru tuyikesha Umuseke ivuga ko umubonano wimpande zombi wabereye ku rwibutso rw’ingabo z’Ababiligi bishwe muri genocide yakorewe Abatutsi mu 1994, ruri ahitwa Camp Kigali.

Mbere y’uko ibyo biganiro biba, aba bayobozi babanje kunamira bariya basirikare b’Ababiligi bishwe muri genocide, igitangira mu 1994.

Umuseke watangaje kandi ko ibiganiro by’u buyobozi bw’i ngabo z’u Bubiligi n’u Rwanda byibanze ku bufatanye bw’i gisirikare cy’u Rwanda n’u Bubiligi, ahanini mu kwigisha ibyagisirikare ndetse no gushyigikira ibikorwa byo kubungabunga amahoro ku Isi n’ibindi.

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 09/04/2024, n’ibwo Guverinoma y’u Bubiligi n’iyu Rwanda byibutse abasirikare b’Ababiligi 10 barindaga Uwiringiyimana Agatha wari minisitiri w’intebe bishwe na Ex-Far tariki ya 07/04/2024.

Aba basirikare bishwe ubwo bari bagiye guherekeza Uwiringiyimana Agatha kuri radio y’igihugu, ubwo yari agiye gusaba Abanyarwanda gutuza no guhagarika ubwicanyi nyuma y’urupfu rwa perezida Juvenal Habyarimana.

Ubu Biligi kandi busanzwe bwibuka n’abakozi ba ambasade yabo nabo bishwe muri genocide yakorewe Abatutsi mu 1994, aho bibutswe mbere y’uko bibuka abasirikare 10.

           MCN.
Tags: IbyagisirikareKunoza umubanoKurushahoRwandaU BubiligiUbufatanye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden ngwasanga Israel ikora amakosa akomeye mu Ntara ya Gaza.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, Joe Biden ngwasanga Israel ikora amakosa akomeye mu Ntara ya Gaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?