• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden ngwasanga Israel ikora amakosa akomeye mu Ntara ya Gaza.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden ngwasanga Israel ikora amakosa akomeye mu Ntara ya Gaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, arashinja minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu gukora amakosa mu Ntara ya Gaza.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni mukiganiro Joe Biden perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yakoranye n’abanyamakuru i Washington DC kuri uyu wa Kabiri, aho yatangaje ko ubutegetsi bwa Israel bufite imikorere mibi ku ntambara ibera mu Ntara ya Gaza.

Yagize ati: “Ntekereza ko ibyo Netanyahu akora ari amakosa. Ntabwo nemeranya n’uburyo bwe.”

Joe Biden avuga kandi ko abaturage baturiye i Ntara ya Gaza bagomba kubona ibyo kurya n’imiti.

Ati: “Gaza igomba kubona imiti n’ibyokurya.”

Mu Cyumweru gishize Biden yavuze ko Amerika izakomeza gushigikira Israel mu ntambara mu gihe izemerera ibiryo n’imiti kugera muri Gaza.

Gusa ibyo yabivuze mu gihe Israel yari yatangaje ko itabujije ko ibiryo n’imiti byinjira mu Ntara ya Gaza, kandi Israel ishinja inzego z’u muryango w’Abibumbye kunanirwa kugeza inkunga yemewe ku baturage bayikeneye.

Ibiganiro bigamije kugarura amahoro mu Ntara ya Gaza, ntacyo bitanga usibye amahanga gushiraho Israel igitutu cyo guhagarika ibitero.

Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru dusoje byavuzwe ko Igisirikare cya Israel cyishe abakozi barindwi babatabazi bakoreraga ishirahamwe rya World Central Kitchen.

Ibi nibyo kandi Joe Biden yagarutseho muri icyo kiganiro n’abanyamakuru avuga ko “biteye agahinda uburyo imodoka z’u muryango w’abatabazi zarashwe n’indege zitagira abapilote bakajanwa mu muhanda.”

Muri icyo gihe igisirikare cya Israel cyatangaje ko amakosa akomeye yakozwe n’abakozi b’u butabazi bakuru babiri bari birukanwe.

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden akaba asaba ko Igisirikare cya Israel cyahita gihagarika intambara mu Ntara ya Gaza.

Hambere Joe Biden yari yasabye ko abarwanyi ba Hamas bakwemera agahenge ndetse ngo bagahita barekura imbohe basigaranye bashimuse mu gitero cyagabye muri Israel.

       MCN.
Tags: Amakosa akomeyeAmerikaGazaIsraelJoe Biden
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, mu Burasirazuba bwa RDC, hiciwe abagabo batatu b’abasivile.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyarugu, mu Burasirazuba bwa RDC, hiciwe abagabo batatu b'abasivile.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?