• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Habaye Gukozanyaho Hagati ya AFC/M23 n’Ingabo za Leta mu Kibaya cya Ruzizi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 29, 2026
in Conflict & Security
0
Habaye Gukozanyaho Hagati ya AFC/M23 n’Ingabo za Leta mu Kibaya cya Ruzizi
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Habaye Gukozanyaho Hagati ya AFC/M23 n’Ingabo za Leta mu Kibaya cya Ruzizi

You might also like

Perezida Tshisekedi Agiye Gusbira i Luanda muri Angola

Kivu y’Epfo: Wazalendo Bateye Ibirindiro Bya AFC/M23, Ariko Basubizwa Inyuma Bikomeye

Agahinda mu Mpunzi z’Abanye-Congo mu Nkambi zo mu Burundi

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 29/01/2026, habaye imirwano y’akanya gato hagati y’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC), zifashijwe n’ingabo za Leta y’u Burundi, abarwanyi ba Wazalendo ndetse na FDLR, mu Kibaya cya Ruzizi, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC).

Iyi mirwano yabereye cyane cyane mu bice bya Kanga, Rugeje na Itisha, biherereye muri Gurupoma ya Kigoma, muri teritwari ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Nk’uko amakuru atandukanye abivuga, iyi mirwano yatangiye ubwo FARDC n’abambari bayo batangiraga kurasa ibisasu mu birindiro by’abarwanyi ba AFC/M23.

Amakuru aturuka ku nzego z’umutekano agaragaza ko kuri uyu munsi imirwano yibasiye by’umwihariko imirongo ya mbere y’ibirindiro, aho impande zombi zagerageje guhangana, buri ruhande rushaka kugumana ibice rwari rufite no kugaba ibitero biri mu murongo w’ibikorwa bya gisirikare.

Ibi bikorwa by’intambara bibaye mu gihe inzego mpuzamahanga, zirimo Umuryango w’Abibumbye (Loni) n’ibihugu bitandukanye, zikomeje kugaragaza impungenge zishingiye ku mutekano muke muri aka karere, zinatangaza ko izi ntambara zishobora kongera guhungabanya amahoro make yari amaze kugerwaho binyuze muri gahunda zitandukanye z’amahoro ziherutse kuganirwaho.

Abaturage bo muri utu duce bakomeje kugaragaza ubwoba n’agahinda bitewe n’urusaku rukabije rw’imbunda n’ibindi bikoresho bya gisirikare, bavuga ko iyi mirwano igira ingaruka zikomeye ku mibereho yabo ya buri munsi. Bamwe bagaragaza ko umutekano muke utuma ibikorwa by’ubuhinzi, ubucuruzi n’uburezi bihungabana cyane.

Ibi byose bigaragara nk’igice cy’uruhererekane rw’umutekano muke umaze igihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, by’umwihariko mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho imirwano ikomeje kwiyongera hagati y’impande zihanganye.

AFC/M23 isanzwe yarafashe ibice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajyepfo, ndetse yanigeze kwigarurira umujyi wa Uvira, uherereye hafi y’umupaka w’u Burundi, ibintu byateje ihunga rikomeye ry’abaturage benshi.

Iyi mirwano ikomeje guteza ibibazo bikomeye ku mutekano w’abaturage no ku mibereho isanzwe.

Nubwo hashyizweho gahunda zitandukanye z’amahoro guhera mu mwaka wa 2025, ibikorwa by’ingabo za Leta n’imitwe itavuga rumwe na yo bikomeje kugaragaza ko urugendo ruganisha ku mahoro arambye rukiri rurerure.

Tags: ImirwanoMu Kibaya cya Rusizi
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Tshisekedi Agiye Gusbira i Luanda muri Angola

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Perezida Tshisekedi Agiye Gusbira i Luanda muri Angola

Perezida Tshisekedi Agiye Gusbira i Luanda muri Angola Nyuma y’uruzinduko yagiriye mu mujyi wa Kananga, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe...

Read moreDetails

Kivu y’Epfo: Wazalendo Bateye Ibirindiro Bya AFC/M23, Ariko Basubizwa Inyuma Bikomeye

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Kivu y’Epfo: Wazalendo Bateye Ibirindiro Bya AFC/M23, Ariko Basubizwa Inyuma Bikomeye

Kivu y'Epfo: Wazalendo Bateye Ibirindiro Bya AFC/M23, Ariko Basubizwa Inyuma Bikomeye Kuri uyu wa Kane tariki ya 29/01/2026, abarwanyi ba Wazalendo bo mu mutwe wa Raiya Mutomboki, baturutse...

Read moreDetails

Agahinda mu Mpunzi z’Abanye-Congo mu Nkambi zo mu Burundi

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Agahinda mu Mpunzi z’Abanye-Congo mu Nkambi zo mu Burundi

Agahinda mu Mpunzi z’Abanye-Congo mu Nkambi zo mu Burundi Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa cumi na kabiri 2025, ibihumbi n’ibihumbi by’Abanye-Congo bahunze imirwano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État

RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara watangaje ku mugaragaro ko udafitanye...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara

MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara Amakuru yizewe aturuka muri teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko umutwe wa MRDP-Twirwaneho wigaruriye Centre ya Kirumbi, iherereye...

Read moreDetails
Next Post
RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État

RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?