• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe ibindi byimbitse ku myiteguro y’urugamba, igisikare cya leta ya Kinshasa kigezeho yogutegura guhashya M23.

minebwenews by minebwenews
May 14, 2024
in Regional Politics
0
Hagaragajwe ibindi byimbitse ku myiteguro y’urugamba, igisikare cya leta ya Kinshasa kigezeho yogutegura guhashya M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), cyakiriye izindi ndege z’intambara zizagifasha guhangana n’abarwanyi ba M23 bagize igihe bakizengereje.

You might also like

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Ni drone zigera kuri zitatu, zikaba ari zo mu bwoko bwa CH-4, nk’uko iy’inkuru tuyikesha igitangaza makuru cya Africa intelligence.

Iki gitangaza makuru ki vuga ko igisirikare cy’iki gihugu cya RDC, giheruka kwakira izindi drone z’intambara zo mu bwoko bwizambere zarashwe n’abarwanyi ba M23, izi, zikaba zije kuziba icyuho cyizarashwe mbere.

Kinavuga ko mu minsi mike iri mbere izi ndege zitagira abapilote zigomba koherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahakomeje kubera urugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Drones zikorerwa mu gihugu cy’u Bushinwa si ubwambere zifashishwa muri iyi ntambara ihanganishije izi mpande zombi.

Kuko mu mpera z’u mwaka ushize iki gisirikare cya FARDC cyakiriye drones zirenga zibiri zo muri buriya bwoko. Ariko amakuru y’ukuri n’uko FARDC yazimaranye igihe kitarenze amezi atatu, ubundi M23 ihita izishwanyaguza. M23 yo ubwayo yemeje ko yahanuye zibiri indi yagatatu iza gukorera impanuka ku k’ibuga cy’indege cya Kavumu, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko leta ya Kinshasa igejeje ibiganiro kure n’igihugu cya Africa y’Epfo, aho ishaka ko icyo gihugu kiyigurishaho mbunda zikomeye zirimo izi rasa kure zizafasha igisirikare cy’iki gihugu kumaraho M23 nk’uko ay’amakuru ava muri FARDC.

Ay’amakuru agahamya ko Kinshasa iri gushora muri iyi deal arenga miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika.

            MCN.
Tags: CH-4DroneKurwanya M23RDC yaguze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufasha igisirikare cy’iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.

Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufasha igisirikare cy'iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?