• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hagaragajwe ikigomba gukorwa kugira ngo Isi ihanganye n’ubushyuhe bukomeje kwiyongera.

minebwenews by minebwenews
November 12, 2024
in World News
0
Hagaragajwe ikigomba gukorwa kugira ngo Isi ihanganye n’ubushyuhe bukomeje kwiyongera.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ikigomba gukorwa kugira ngo Isi ihanganye n’ubushyuhe bukomeje kwiyongera.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Umuryango w’Abibumbye mu ishami rishinzwe imihindagurukire y’ibihe niwo wasabye ibihugu kugira ubufatanye mu rwego rwo kugira ngo barwanye ubushyuhe bukomeje kwiyongera ku Isi.

Simon Stiell uhagarariye iri shami rishinzwe kurwanya imihindagurukire y’ibihe, mu muryango w’Abibumbye, yagaragaje ko mu gihe bibiri bya gatatu by’ibihugu biri ku Isi bitagabanya byihuse imyuka ihumanya ikirere, buri gihugu kizishyura ikiguzi kiremereye. Avuga ko hakwiye ishoramari rishya rifasha ibihugu kurengera ikirere.

Yagize ati: “Twemeranye ku gitekerezo cy’uko ishoramari ku kirere ari ubugiraneza. Intego nshya y’ishoramari ku kirere iri mu nyungu bwite za buri gihugu, harimo ikinini cyane n’igikize cyane.”

Yagaragaje ko mu gihe ubushyuhe bwiyongera, ibihugu nabyo bikwiye kongera imbaraga mu mishinga y’ingufu zisukuye n’ibikorwa remezo birengera ibidukikije, bigabanya ikoreshwa ry’ibicanwa bihumanya ikirere.

Ati: “Ukwimukira ku ngufu zisukuye nubudabangarwa bw’ikirere ntabwo bikwiye guhagarara. Umurimo wacu ni ukongera imbaraga no gukora ibishoboka kugira ngo inyungu zivamo zisaranganywe ibihugu byose n’abantu bose.”

Hagati aho, raporo y’ishami rya LONI rishinzwe iteganyagihe, igaragaza ko kuva mu kwezi kwa mbere kugeza mu kwa Cyenda, uyu mwaka, Isi yaranzwe n’ubushyuhe bukabije, kandi ko hari ibyago by’uko uyu mwaka ari wo waranzwe n’ubushyuhe bwinshi kurusha indi myaka.

Kuri uyu w’ejo hashize tariki ya 11/11/2024 nibwo iyi raporo yashyizwe hanze, aho yasohorewe mu mujyi wa Baku muri Azerbaijan, ubwo hatwngizwaga inama ya 29 y’umuryango w’Abibumbye yiga ku guhangana n’imihindagurukire y’ibihe, cop29.

Bivugwa ko iyi nama izarangira tariki ya 22/11/2024, aho izitabirwa n’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize umuryango w’Abibumbye.

Tags: kurwanyaLoniUbushyuhe
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
RDC yasinyanye amasezerano mu bufatanye butandukanye n’igihugu cy’u Burusiya.

RDC yasinyanye amasezerano mu bufatanye butandukanye n'igihugu cy'u Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?