• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hagaragajwe ikigomba gukorwa kugira ngo Isi ihanganye n’ubushyuhe bukomeje kwiyongera.

minebwenews by minebwenews
November 12, 2024
in World News
0
Hagaragajwe ikigomba gukorwa kugira ngo Isi ihanganye n’ubushyuhe bukomeje kwiyongera.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ikigomba gukorwa kugira ngo Isi ihanganye n’ubushyuhe bukomeje kwiyongera.

You might also like

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

Umuryango w’Abibumbye mu ishami rishinzwe imihindagurukire y’ibihe niwo wasabye ibihugu kugira ubufatanye mu rwego rwo kugira ngo barwanye ubushyuhe bukomeje kwiyongera ku Isi.

Simon Stiell uhagarariye iri shami rishinzwe kurwanya imihindagurukire y’ibihe, mu muryango w’Abibumbye, yagaragaje ko mu gihe bibiri bya gatatu by’ibihugu biri ku Isi bitagabanya byihuse imyuka ihumanya ikirere, buri gihugu kizishyura ikiguzi kiremereye. Avuga ko hakwiye ishoramari rishya rifasha ibihugu kurengera ikirere.

Yagize ati: “Twemeranye ku gitekerezo cy’uko ishoramari ku kirere ari ubugiraneza. Intego nshya y’ishoramari ku kirere iri mu nyungu bwite za buri gihugu, harimo ikinini cyane n’igikize cyane.”

Yagaragaje ko mu gihe ubushyuhe bwiyongera, ibihugu nabyo bikwiye kongera imbaraga mu mishinga y’ingufu zisukuye n’ibikorwa remezo birengera ibidukikije, bigabanya ikoreshwa ry’ibicanwa bihumanya ikirere.

Ati: “Ukwimukira ku ngufu zisukuye nubudabangarwa bw’ikirere ntabwo bikwiye guhagarara. Umurimo wacu ni ukongera imbaraga no gukora ibishoboka kugira ngo inyungu zivamo zisaranganywe ibihugu byose n’abantu bose.”

Hagati aho, raporo y’ishami rya LONI rishinzwe iteganyagihe, igaragaza ko kuva mu kwezi kwa mbere kugeza mu kwa Cyenda, uyu mwaka, Isi yaranzwe n’ubushyuhe bukabije, kandi ko hari ibyago by’uko uyu mwaka ari wo waranzwe n’ubushyuhe bwinshi kurusha indi myaka.

Kuri uyu w’ejo hashize tariki ya 11/11/2024 nibwo iyi raporo yashyizwe hanze, aho yasohorewe mu mujyi wa Baku muri Azerbaijan, ubwo hatwngizwaga inama ya 29 y’umuryango w’Abibumbye yiga ku guhangana n’imihindagurukire y’ibihe, cop29.

Bivugwa ko iyi nama izarangira tariki ya 22/11/2024, aho izitabirwa n’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize umuryango w’Abibumbye.

Tags: kurwanyaLoniUbushyuhe
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati Umwuka wa politiki mpuzamahanga ukomeje kuzamo igitutu gikomeye hagati ya Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yageze mu murwa mukuru wa Koreya ya Ruguru, Pyongyang,...

Read moreDetails

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja Igihugu cya Philippines cyongeye kwibasirwa n’umutingito ukomeye wapimwe ku gipimo cya 7.8,...

Read moreDetails

Israel Yagabye Ibitero Bikomeye ku Bigo bya Gisirikare bya Iran Bigamije Ukwihorera

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Israel Yagabye Ibitero Bikomeye ku Bigo bya Gisirikare bya Iran Bigamije Ukwihorera

Israel Yagabye Ibitero Bikomeye ku Bigo bya Gisirikare bya Iran Bigamije Ukwihorera Umwuka mubi hagati ya Iran na Israel wongeye gufata indi ntera nyuma y’uko ingabo za Israel...

Read moreDetails

Iran na Israel: Ubushyamirane Bushya Bukomeje Kwiyongera, Impungenge Zirushaho Kwiyongera mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
June 7, 2026
0
Iran na Israel: Ubushyamirane Bushya Bukomeje Kwiyongera, Impungenge Zirushaho Kwiyongera mu Burasirazuba bwo Hagati

Iran na Israel: Ubushyamirane Bushya Bukomeje Kwiyongera, Impungenge Zirushaho Kwiyongera mu Burasirazuba bwo Hagati Biravugwa ko mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, nibura ibisasu bitatu bya misile za...

Read moreDetails
Next Post
RDC yasinyanye amasezerano mu bufatanye butandukanye n’igihugu cy’u Burusiya.

RDC yasinyanye amasezerano mu bufatanye butandukanye n'igihugu cy'u Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?