• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.

minebwenews by minebwenews
September 17, 2024
in Regional Politics
0
Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.
62
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Umudepite wo muri teritware ya Walikale, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa RDC, Willy Mishiki niwe uri gusaba ubutegetsi bwa Kinshasa gukora ibishoboka abarwanyi ba Wazalendo bagashyigwa mu ngabo za FARDC, Polisi y’igihugu ndetse no mu nzego z’ubutasi.

Nibyo yavugiye mu kiganiro aheruka kugirana n’abanyamakuru, i Kinshasa ku ya 14/09/2024, depite Willy Mishiki yasobanuye ko kwishyira hamwe ku buyobozi bumwe kandi bwunze ubumwe bishobora kugabanya ihohoterwa rikorerwa abaturage mu Burasirazuba bw’iki gihugu kandi ababirinyuma usanga ari abagize itsinda rya Wazalendo.

Avuga ko kwinjiza Wazalendo mu nzego z’umutekano bishobora kuzatanga umutekano muturere tumwe na tumwe tugize intara ya Kivu Yaruguru.

Willy Mishiki ni umudepite ku rwego rw’igihugu, yatorewe muri teritware ya Walikale ho mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yanagaragaje kandi ko Leta ikwiye kwihutira gutanga amahugurwa mu mategeko mpuzamahanga arengera ikiremwa muntu n’uburenganzira bwa muntu ku ba Wazalendo.

Yagize ati: “Turatekereza ko tugomba kwinjiza Abawazalendo muri FARDC, PNC no mu rwego rw’ubutasi, tukagira ubuyobozi bumwe, kandi aho, ntituzongera kuvuga abakorerabushake bashinzwe kurengera igihugu. Ahubwo tuzavuga FARDC. Akarusho Abawazalendo bafite ni uko bamaze gutozwa mu gisirikare, barwanira kugumana amasambu ya ba sekuruza kandi bihagazeho none icyo bakeneye ubu ni ukubaha amahugurwa yihuse ku mategeko mpuzamahanga arengera ikiremwamuntu n’uburenganzira bwa muntu bigomba kubahwa. Uyu munsi, nk’urugero, Abawazalendo ntabwo bahembwa, bihemba ubwabo binyuze munzira zabo bishyiriheho.”

Abawazalendo baturutse mu mitwe yitwaje intwaro ya Maï Maï yo mu Burasirazuba bwa RDC, biyise irizina nyuma y’uko bari bamaze kwihuza mu rwego rwo gushyigikira ingabo za FARDC mu rugamba zihanganyemo n’umutwe wa M23 muri za teritware za Lubero, Rutshuru, Masisi na Nyiragongo.

Izina Wazalendo bisobanura gukunda igihugu. Bazwi kandi nk’abakorera bushake mu kurengera igihugu.

Ariko bashinjwa kuba inyuma y’ubwicanyi bukorerwa abasivile i Goma n’ahandi nko muri Kivu y’Amajy’epfo. Nk’uko bizwi nta munsi w’ubusa urenga aba Wazalendo batamenye amaraso y’umuntu cyangwa ngo bagire uwo bambura.

        MCN.
Tags: BasabiweFardcGushyirwaInzego z'umutekanoPNCWazalendo
Share25Tweet16Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu abasirikare ba RDC basabiwe guhabwa ibyo barya yamenyekanye.

Impamvu abasirikare ba RDC basabiwe guhabwa ibyo barya yamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?