• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.

minebwenews by minebwenews
September 17, 2024
in Regional Politics
0
Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.
62
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Umudepite wo muri teritware ya Walikale, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa RDC, Willy Mishiki niwe uri gusaba ubutegetsi bwa Kinshasa gukora ibishoboka abarwanyi ba Wazalendo bagashyigwa mu ngabo za FARDC, Polisi y’igihugu ndetse no mu nzego z’ubutasi.

Nibyo yavugiye mu kiganiro aheruka kugirana n’abanyamakuru, i Kinshasa ku ya 14/09/2024, depite Willy Mishiki yasobanuye ko kwishyira hamwe ku buyobozi bumwe kandi bwunze ubumwe bishobora kugabanya ihohoterwa rikorerwa abaturage mu Burasirazuba bw’iki gihugu kandi ababirinyuma usanga ari abagize itsinda rya Wazalendo.

Avuga ko kwinjiza Wazalendo mu nzego z’umutekano bishobora kuzatanga umutekano muturere tumwe na tumwe tugize intara ya Kivu Yaruguru.

Willy Mishiki ni umudepite ku rwego rw’igihugu, yatorewe muri teritware ya Walikale ho mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yanagaragaje kandi ko Leta ikwiye kwihutira gutanga amahugurwa mu mategeko mpuzamahanga arengera ikiremwa muntu n’uburenganzira bwa muntu ku ba Wazalendo.

Yagize ati: “Turatekereza ko tugomba kwinjiza Abawazalendo muri FARDC, PNC no mu rwego rw’ubutasi, tukagira ubuyobozi bumwe, kandi aho, ntituzongera kuvuga abakorerabushake bashinzwe kurengera igihugu. Ahubwo tuzavuga FARDC. Akarusho Abawazalendo bafite ni uko bamaze gutozwa mu gisirikare, barwanira kugumana amasambu ya ba sekuruza kandi bihagazeho none icyo bakeneye ubu ni ukubaha amahugurwa yihuse ku mategeko mpuzamahanga arengera ikiremwamuntu n’uburenganzira bwa muntu bigomba kubahwa. Uyu munsi, nk’urugero, Abawazalendo ntabwo bahembwa, bihemba ubwabo binyuze munzira zabo bishyiriheho.”

Abawazalendo baturutse mu mitwe yitwaje intwaro ya Maï Maï yo mu Burasirazuba bwa RDC, biyise irizina nyuma y’uko bari bamaze kwihuza mu rwego rwo gushyigikira ingabo za FARDC mu rugamba zihanganyemo n’umutwe wa M23 muri za teritware za Lubero, Rutshuru, Masisi na Nyiragongo.

Izina Wazalendo bisobanura gukunda igihugu. Bazwi kandi nk’abakorera bushake mu kurengera igihugu.

Ariko bashinjwa kuba inyuma y’ubwicanyi bukorerwa abasivile i Goma n’ahandi nko muri Kivu y’Amajy’epfo. Nk’uko bizwi nta munsi w’ubusa urenga aba Wazalendo batamenye amaraso y’umuntu cyangwa ngo bagire uwo bambura.

        MCN.
Tags: BasabiweFardcGushyirwaInzego z'umutekanoPNCWazalendo
Share25Tweet16Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu abasirikare ba RDC basabiwe guhabwa ibyo barya yamenyekanye.

Impamvu abasirikare ba RDC basabiwe guhabwa ibyo barya yamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?