• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.

minebwenews by minebwenews
September 17, 2024
in Regional Politics
0
Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.
62
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Umudepite wo muri teritware ya Walikale, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa RDC, Willy Mishiki niwe uri gusaba ubutegetsi bwa Kinshasa gukora ibishoboka abarwanyi ba Wazalendo bagashyigwa mu ngabo za FARDC, Polisi y’igihugu ndetse no mu nzego z’ubutasi.

Nibyo yavugiye mu kiganiro aheruka kugirana n’abanyamakuru, i Kinshasa ku ya 14/09/2024, depite Willy Mishiki yasobanuye ko kwishyira hamwe ku buyobozi bumwe kandi bwunze ubumwe bishobora kugabanya ihohoterwa rikorerwa abaturage mu Burasirazuba bw’iki gihugu kandi ababirinyuma usanga ari abagize itsinda rya Wazalendo.

Avuga ko kwinjiza Wazalendo mu nzego z’umutekano bishobora kuzatanga umutekano muturere tumwe na tumwe tugize intara ya Kivu Yaruguru.

Willy Mishiki ni umudepite ku rwego rw’igihugu, yatorewe muri teritware ya Walikale ho mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yanagaragaje kandi ko Leta ikwiye kwihutira gutanga amahugurwa mu mategeko mpuzamahanga arengera ikiremwa muntu n’uburenganzira bwa muntu ku ba Wazalendo.

Yagize ati: “Turatekereza ko tugomba kwinjiza Abawazalendo muri FARDC, PNC no mu rwego rw’ubutasi, tukagira ubuyobozi bumwe, kandi aho, ntituzongera kuvuga abakorerabushake bashinzwe kurengera igihugu. Ahubwo tuzavuga FARDC. Akarusho Abawazalendo bafite ni uko bamaze gutozwa mu gisirikare, barwanira kugumana amasambu ya ba sekuruza kandi bihagazeho none icyo bakeneye ubu ni ukubaha amahugurwa yihuse ku mategeko mpuzamahanga arengera ikiremwamuntu n’uburenganzira bwa muntu bigomba kubahwa. Uyu munsi, nk’urugero, Abawazalendo ntabwo bahembwa, bihemba ubwabo binyuze munzira zabo bishyiriheho.”

Abawazalendo baturutse mu mitwe yitwaje intwaro ya Maï Maï yo mu Burasirazuba bwa RDC, biyise irizina nyuma y’uko bari bamaze kwihuza mu rwego rwo gushyigikira ingabo za FARDC mu rugamba zihanganyemo n’umutwe wa M23 muri za teritware za Lubero, Rutshuru, Masisi na Nyiragongo.

Izina Wazalendo bisobanura gukunda igihugu. Bazwi kandi nk’abakorera bushake mu kurengera igihugu.

Ariko bashinjwa kuba inyuma y’ubwicanyi bukorerwa abasivile i Goma n’ahandi nko muri Kivu y’Amajy’epfo. Nk’uko bizwi nta munsi w’ubusa urenga aba Wazalendo batamenye amaraso y’umuntu cyangwa ngo bagire uwo bambura.

        MCN.
Tags: BasabiweFardcGushyirwaInzego z'umutekanoPNCWazalendo
Share25Tweet16Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu abasirikare ba RDC basabiwe guhabwa ibyo barya yamenyekanye.

Impamvu abasirikare ba RDC basabiwe guhabwa ibyo barya yamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?