• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe ko Harris Kamala ari imbere ya Donald Trump.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2024
in Regional Politics
0
Hagaragajwe ko Harris Kamala ari imbere ya Donald Trump.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ko Harris Kamala ari imbere ya Donald Trump.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni ikusanyabitekerezo byashizwe ahagaragara byerekeye amatora ateganyijwe kuba muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu kwezi kwa Cumi na kumwe uyu mwaka, bigaragaza ko visi perezida Kamala Harris ari kuza imbere cyane ya Donald Trump.

Iri kusanyabitekerezo ryakozwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, n’ikigo gikora ubushakashatsi gifite ibiro bikuru i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa.

Ku wa mbere w’iki Cyumweru nibwo iri kusanyabitekerezo ryakozwe no ku wa Kabiri, ryakurikiranye inama ikomeye y’ishyaka ry’Abarepubulikeni aho ku wa Kane w’i Cyumweru gishize Donald Trump yemeye ku mugaragaro kuzarihagararira mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe kuba mu mezi ane ari mbere.

Iri kusanyabitekerezo ryakurikiranye kandi n’itangazo perezida Joe Biden yashize hanze ku Cyumweru, rivuga ko ahagaritse umugambi wo kwiyamamaza mu matora y’u mukuru w’igihugu, agashyigikira visi perezida we, Harris Kamala, ashimangira ko ari we ukomeza guhagararira ishyaka ry’Abademocrates.

Abashinzwe kwa mamaza Harris Kamala bavuga ko ntawe bahatanira uyu mwanya mu ishaka rye.

Iri kusanyabitekerezo kandi, Kamala yabonye ibice 44 ku ijana mu gihe Trump yabonye 42 ku ijana ku bitekerezo byakusanyijwe imbere muri iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Harris Kamala witeguye guhatana mu matora y’u mukuru w’igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, afite imyaka 49 y’amavuko, mu gihe uwo bahanganye we Donald Trump afite imyaka 78. Uwo bigaragaza kwa kunzwe cyane ni Harris Kamala.

           MCN.
Tags: AmerikaAri mbereDonald TrumpHarris KamalaMu Matora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe inama, ku biganiro binyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga, zikoreraho Abanyamulenge.

Hatanzwe inama, ku biganiro binyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga, zikoreraho Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?