Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe ko Harris Kamala ari imbere ya Donald Trump.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 24, 2024
in Regional Politics
0
Hagaragajwe ko Harris Kamala ari imbere ya Donald Trump.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ko Harris Kamala ari imbere ya Donald Trump.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni ikusanyabitekerezo byashizwe ahagaragara byerekeye amatora ateganyijwe kuba muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu kwezi kwa Cumi na kumwe uyu mwaka, bigaragaza ko visi perezida Kamala Harris ari kuza imbere cyane ya Donald Trump.

Iri kusanyabitekerezo ryakozwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, n’ikigo gikora ubushakashatsi gifite ibiro bikuru i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa.

Ku wa mbere w’iki Cyumweru nibwo iri kusanyabitekerezo ryakozwe no ku wa Kabiri, ryakurikiranye inama ikomeye y’ishyaka ry’Abarepubulikeni aho ku wa Kane w’i Cyumweru gishize Donald Trump yemeye ku mugaragaro kuzarihagararira mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe kuba mu mezi ane ari mbere.

Iri kusanyabitekerezo ryakurikiranye kandi n’itangazo perezida Joe Biden yashize hanze ku Cyumweru, rivuga ko ahagaritse umugambi wo kwiyamamaza mu matora y’u mukuru w’igihugu, agashyigikira visi perezida we, Harris Kamala, ashimangira ko ari we ukomeza guhagararira ishyaka ry’Abademocrates.

Abashinzwe kwa mamaza Harris Kamala bavuga ko ntawe bahatanira uyu mwanya mu ishaka rye.

Iri kusanyabitekerezo kandi, Kamala yabonye ibice 44 ku ijana mu gihe Trump yabonye 42 ku ijana ku bitekerezo byakusanyijwe imbere muri iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Harris Kamala witeguye guhatana mu matora y’u mukuru w’igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, afite imyaka 49 y’amavuko, mu gihe uwo bahanganye we Donald Trump afite imyaka 78. Uwo bigaragaza kwa kunzwe cyane ni Harris Kamala.

           MCN.
Tags: AmerikaAri mbereDonald TrumpHarris KamalaMu Matora
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe inama, ku biganiro binyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga, zikoreraho Abanyamulenge.

Hatanzwe inama, ku biganiro binyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga, zikoreraho Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?