• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hatanzwe inama, ku biganiro binyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga, zikoreraho Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2024
in Uncategorized
0
Hatanzwe inama, ku biganiro binyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga, zikoreraho Abanyamulenge.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe inama, ku biganiro binyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga, zikoreraho Abanyamulenge.

Nyuma y’uko ku mbuga nkoranya mbaga zikoreraho Abanyamulenge, zikomeje kunyuzwaho ibiganiro bitandukanye, byatumye bwana Gabriel Nshimiye agira icyo abivugaho, aho yavuze ko “yasanze ibyo biganiro atari ibisanzwe ko ahubwo ari intambara ikomeye, kandi ko igomba kubona abayitsinda.”

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Yagize ati: “Dufite intambara y’amagambo, kandi iyo ntambara ikorerwa ku mbuga nkoranya mbaga. Iy’i ntambara igomba kubona abayitsinda, kandi i karwanirwa n’ubundi harya yatangiriye.”

Yavuze ko ibivugirwa ku mbuga nkoranya mbaga, bifite uburemere bwabyo, kandi bwihariye; yatanze urugero agira ati: “Hari umuntu wafashe ifoto y’undi muntu, ayandikaho ibyo yavuga ga ko nyiri foto ari we wa bitangaje. Ariko ntibyari ukuri, kuko nta kimenyetso yagaragaje kigaragaza ko ari uwo mugenzi we wabyanditse, byari byo yahimbye, ndetse yaje no kubazwa ikigaragaza ko ari mugenzi we, abi burira igihamya; biramucanga.”

Yakomeje agira ati: “Ubwo rero, uwo muco ukomeje gutyo, byozatugezahe? Ubundi se bimaze iki kuvuga ibyo utazi? Ese ubundi byungura iki, nta nakimwe!”

Gabriel yanavuze ko abantu bari bakwiye kwiga gutuza no kuvuga make, kuko kuvuga menshi harigihe usanga usenye byinshi kuruta uko wa bitekerezaga. Anavuga kandi ko igihe unenze umuntu ugomba kugaragaza ikibi yakoze, kandi ukirinda ku muhimbira ibinyoma.

Yakomeje avuga ko mu gihe utanga ibitekerezo ukwiye kwirinda gutukana. Agaragaza ko gutukana atari umuco w’imfura, ndetse avuga ko intwari idatukana hubwo ko ikwiye gukora ibitundukanye n’abandi.

        MCN.
Tags: AbanyamulengeInamaKu mbuga nkoranya mbaga

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post
Havuzwe impamvu Inka z’Abanyamulenge, ziheruka ku vanwa mu Marunde, zirahungishwa.

Havuzwe impamvu Inka z'Abanyamulenge, ziheruka ku vanwa mu Marunde, zirahungishwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?