Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hagaragajwe uburyo ukwezi gufasha kurokora ibinyamuzima bigendera ku Isi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 8, 2024
in Uncategorized
0
Hagaragajwe uburyo ukwezi gufasha kurokora ibinyamuzima bigendera ku Isi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe uburyo ukwezi gufasha kurokora ibinyamuzima bigendera ku Isi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Abashakashatsi nibo bagaragaje ko hari uduce two ko ku kwezi dukonja cyane, akaba ari two babikamo ibinyamuzima byo ku Isi bifite ibyago byinshi byo gushiraho.

Tumwe muri utwo duce twakwifashishwa, ngo ni utumaze imyaka ibarirwa muri miliyari tutagerwamo n’urumuri rw’izuba.

Imibare iheruka yagaragaje ko mu bwoko miliyoni 8 bw’ibinyabuzima biri ku Isi, uburenga miliyoni imwe bufite ibyago byinshi byo gushiraho.

Ni ibintu abashakashatsi bavuga ko bihangayikishije kuko bakeka ko hari bumwe muri ubwo bwoko bwazaba bushizeho butaranamenyakena.

Itsinda ry’abashakashatsi riyobowe na Mary Hagedorn ukora mu kigo cy’igihugu cyita ku binyabuzima cya Smithsonia muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ryasobanuye ko aho hantu hakonje ku kwezi hashobora gufasha mu kubika neza impagararizi z’uruhu cyangwa utundi tunyangingo tw’inginze tw’inyamanswa zifite ibyago byo kugendera ku Isi.

Ni uburyo byavuzwe ko nka “cryopreservation,” aho bene utwo tunyangingo dukonjeshwa cyane kugira ngo tubikwe igihe kirekire tutangiritse.

Ubu bushakatsi bukaba bwarashizwe hanze n’igitangaza makuru cyitwa Bioscience, ahagana ku itariki ya 31/06/2024.

Uyu uyoboye itsinda ry’abariya bashakashatsi yagize ati: “Kubera iryangirika ry’ibidukikije rituruka ku mpamvu nyinshi zibikorwa bya muntu, hari ibinyabuzima byinshi bifite ibyago byo gushiraho, kandi ibyo byago birushaho kwiyongera birenze ubushobozi bwacu bwo kurokora ibyo binyabuzima mu buryo kamere bwabyo.”

Mu duce tw’ukwezi cyane cyane akitwa Polar region hahora igicu ndetse hamwe ntihagera imirasire y’izuba kuva mu myaka miliyari 2 ishize.

Muri utwo duce usanga ubushyuhe buhora buri munsi ya degre Celsius 196 munsi ya zeru.

Aha niho abo bashakashatsi bahera bavuga ko utwo duce twa kwifashishwa mu kubika impagararizi zinyamanswa ziri kugendera ku Isi, byatuma zimara igihe kirekire cyane kandi bitarimo ingorane nyinshi.

Icyakora bavuga ko kugeza ibikoresho bisabwa ku kwezi ari icyo kintu gishobora gutwara imyaka ibarirwa mu magana, kugira ngo uwo mushinga ushyirwe mu bikorwa.

Hazanatekerezwa ku buryo bwo gupfunyika izo mpagararizi, nuburyo bukwiye zizajya zibikwamo zigejejwe ku kwezi.

Ikirenze ibyo, ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mushinga rizanakenera ubufatanye mpuzamahanga mu kuwutera inkunga.

Ibyo byose bimaze kunozwa neza, abo bashakashatsi bizera ko nta kabuza bizagerwaho.

          MCN.
Tags: Gufasha kurokora ibinyamuzima bigendera ku IsiUkwezi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe uko intambara yahinduye isura aho y’injiye mu gihugu cy’u Burusiya ivuye ku butaka bwa Ukraine.

Havuzwe uko intambara yahinduye isura aho y'injiye mu gihugu cy'u Burusiya ivuye ku butaka bwa Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?