• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe uko intambara yahinduye isura aho y’injiye mu gihugu cy’u Burusiya ivuye ku butaka bwa Ukraine.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe uko intambara yahinduye isura aho y’injiye mu gihugu cy’u Burusiya ivuye ku butaka bwa Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe uko intambara yahinduye isura aho y’injiye mu gihugu cy’u Burusiya ivuye ku butaka bwa Ukraine.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni ibyatangajwe n’abategetsi b’u Burusiya aho bavuga ko igisirikare cya Ukraine cyambutse ku butaka bwabo akaba rero ariho hari kubera intambara.

Abasirikare ba Ukraine bagera ku 1.000, bafite n’ibimodoka by’i ntambara bya rutura bikabakaba 20, ndetse na za drone z’intambara zitatangajwe umubare, nibyo Ingabo za Ukraine zambukanye ku butaka bw’u Burusiya, nk’uko Abarusiya babitangaje.

Banavuga ko intambara ihanganishije ingabo za Ukraine n’iz’u Burusiya kwiri kubera mu gace ka Kursk ko mu Burusiya. Ibi bikaba byatumye leta y’u Burusiya ishiraho amategeko y’intambara kandi ikaba ikomeje no guhungisha abaturage bayo bava muri ibyo bice, ni mu gihe na Ukraine nayo yasabye abaturage bayo baturiye umupaka kuhava aho binavugwa ko abo baturage bagera ku 6.000.

Mu makuru amaze kuja hanze avuga ko igisirikare cya Ukraine ko cyamaze kwigarurira ahantu hangana n’ibirometero 10 uvuye ku mupaka wayo. Andi makuru yatanzwe n’urubuga rwa Telegram rwitwa Rybar, ruri hafi n’igisirikare cy’u Burusiya rwo rwatangaje ko igisirikare cya Ukraine ko cyamaze kwigarurira ahantu hangana n’ibirometero 25 ho kubutaka bw’u Burusiya uvuye ku mupaka wa Ukraine.

Ndetse ko kandi aba basirikare ba Ukraine ngo bakaba bafashe n’iriba rya gaze iryo Abarusiya bavomaga bakohereza mu bihugu byo ku mugabane w’u Burayi.

Ku rundi ruhande abategetsi b’u Burusiya batangaje ko Ingabo zabo zabashe guhagarika ibitero by’ingabo za Ukraine no kuzibuza gukomeza kuja imbere, perezida Vladimir Putin yatangaje ko ‘ari agasomborotso ko mu rwego rwo hejuru.’

Mu gihe umugaba w’ingabo z’igihugu cye we yavuze ko nubwo abasirikare ba Ukraine binjiye ku butaka bw’u Burusiya ariko ko igisirikare cye cyabashe kwica abasirikare benshi ba Ukraine, kandi ngwabandi barenga 200 bakaba bakomeretse.

Ntacyo Ukraine iratangaza kuri iki gitero, usibye ko bakivuga mu marenga. Bityo perezida Zelensky Volodymyr kuri uyu wa Kane tariki ya 08/08/2024, yashimiye ingabo ze kubera ukuntu zizi gutungurana no kugera ku ntego zayo. Ariko ntiyigeze akomoza kuri Kursk ahari kubera imirwano ku butaka bw’u Burusiya.

Naho umujanama wa Perezida wa Ukaraine yakoresheje urubuga rwa x, avuga ati: “Intambara ni ntambara uwaguteye agomba kwirengera ingaruka zayo byanze bikunze.”

Ni ubwa mbere igisirikare cya Ukraine kugaba igitero gikaze ku butaka bw’u Burusiya. Ubundi yakoraga udutero shuma cyangwa duto kandi nabwo igakoresha ikorana buhanga nka drone n’ibibunda birasa kure. Ubu rero ho byahindutse.

Inshuti za Ukraine zatunguwe kumva ibyo bitero ni mu gihe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye Ukraine kuyiha amakuru ahagije kuri ibyo bitero byambutse umupaka.

               MCN.
Tags: IntambaraKurskYahinduye isura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Menya byinshi ku gitaramo icamamare mu muzika wa Gospal Israel Mbonyi ari gutegura i Nairobi.

Menya byinshi ku gitaramo icamamare mu muzika wa Gospal Israel Mbonyi ari gutegura i Nairobi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?