• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hahishuwe ko hari umugambi wo kwica Kamerhe muri Congo.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2025
in Regional Politics
0
Hahishuwe ko hari umugambi wo kwica Kamerhe muri Congo.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hahishuwe ko hari umugambi wo kwica Kamerhe muri Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umunyapolitiki Vital Kamerhe ukuriye ishyaka rya UNC, akaba kandi ari we ukuriye inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hahishuwe ko hari umugambi wo kumwica.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ishyaka rya UNC aho muri ayo makuru ryamaganye uyu mugambi wo guhitana perezida w’inteko ishinga amategeko ya Congo, Vital Kamerhe.

Ni mugihe visi perezida w’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu, bwana Christophe Mboso, ari we watangaje ko Kamerhe yicwa.

Kuko ku cyumweru gishyize ubwo yari mu gikorwa cya politiki, yumvikanye asaba abatware ba gakondo ndetse n’abapfumu bo muri RDC gukora imihango kugira ngo Vital Kamerhe apfe.

UNC itangazo yashyize hanze ku wa mbere tariki ya 10/03/2025, yavuze ko amagambo yatangajwe na Mboso agize umugambi mubisha ufitiwe Vital Kamerhe, kandi ko amaze igihe agirwaho ingaruka no gukangishwa urupfu.

Iri shyaka ryibukije ko mu minsi mike ishize Kamerhe yasimbutse urupfu, ubwo mu rugo rwe hagabwaga igitero cyahitanye umwe mu barurindaga.

Iri shyaka kandi ryahamagariye abaturage ba Congo n’inzego za Repubulika ya demokarasi ya Congo kwirebera akaga perezida w’inteko ishinga amategeko, Vital Kamerhe ahura na ko muri iki gihugu cyacu cyatewe n’u Rwanda, aho abanyapolitiki bashishikarizwa na perezida wa Repubulika kurangwa n’ubumwe.

Bivugwa ko mu byo Vital Kamerhe ari kuzira harimo kuba ari mu badashyigikira umugambi wa perezida Felix Tshisekedi wo guhindura itegeko nshinga ry’iki gihugu.

Tags: KamerheKinshasaUmugambi wo kwica
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafashe utundi duce twingenzi muri Kivu y’Amajyaruguru.

Twirwaneho yakubitaguye kubi ingabo z'u Burundi i Gashama.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?