• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hahishuwe ko Ubutegetsi bw’i Kinshasa ko buri gutegura ibitero karahabutaka kuri AFC/M23.

minebwenews by minebwenews
June 9, 2025
in Conflict & Security
0
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hahishuwe ko ubutegetsi bw’i Kinshasa ko buri gutegura ibitero karahabutaka kuri AFC/M23.

You might also like

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, umuyobozi waryo mukuru yahishuye ko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi ko buri gutegura kubagabaho ibitero simusiga.

Ni amakuru yashyizwe hanze na Corneille Nangaa umuhuza bikorwa w’iri huriro rya AFC/M23, aho yayatanze akoresheje ubutumwa bw’amajwi yacishije kuri telegraph.

Cyobikoze, Nangaa yavuze ko n’ubundi ibyo bitero kobirmo gukorwa.

Yasobanuye ko ibiganiro bigamije kumvikanisha Leta y’i Kinshasa na AFC/M23 bibera i Doha muri Qatar bigifite agaciro, ariko ashinja perezida Felix Tshisekedi kugaragaza ko ashaka intambara aho gushyira imbere ibiganiro.

Yagize ati: “Ibiganiro by’i Doha ntabwo byarangiye. Doha ni inzira twakiriye, twishimira nk’ibindi bikorwa bigamije gushaka amahoro, turi mubakomeza gutekereza ko igisubizo ku bibazo bya Congo atari intambara, ko mbere na mbere ari inzira ya politiki.”

Yakomeje avuga ko ibi biganiro bibangamirwa na perezida Felix Tshisekedi we wumva ko gukoresha intambara aribyo byazana igisubizo kirambye.

Ati: “Turabizi ko arimo kwitegura kutugabaho ibitero, ndetse asanzwe adutera. Turabizi ko adaha agaciro ibiganiro by’i Doha ni ukureba abantu yoherezayo abo ari bo, dukomeza kubiha icyizere ku ruhande rwacu twagaragaje ubushake, bwerekanwa n’uko twavuye i Walikale ku bushake, twarekuye abasirikare ku bushake, abasirikare 1400 ba FARDC bari muri Monusco kandi byakozwe ntacyo dusabye.”

Uyu muyobozi wa AFC/M23 yavuze kandi ko Congo ifite imfungwa za AFC/M23 yo itigeze irekura.

Yasobanuye ko uretse bariya basirikare bari muri Monusco hari n’abandi bari bivanze mu baturage, barimo abarwanyi biyise Wazalendo, FDLR n’abandi bose ngo bari aho.

Corneille Nangaa avuga ko kuba perezida Joseph Kabila yarahisemo kujya i Goma ari amahitamo ye nk’undi munyekongo, kuko na we ngo yari yarimwe uburenganzira bwe, ahitamo gutaha ajya i Goma kubera ko bitari gushoboka kujya i Kinshasa.

Yavuze ko Kivu y’Amajyaruguru ikiri ubutaka bwa RDC ku buryo uwo ari we wese ushaka kuhajya bidakwiye kuba ikibazo ngo ni uko hagenzurwa na AFC/M23.

Tags: AFC/m23IbiteroRdc
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Ingabo z'u Burundi zahawe igisubizo nyuma y'aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke Nyuma y'aho Ingabo z'u Burundi zihaye umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu...

Read moreDetails

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Indege z'intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyateye ibisasu by'indege za Sukhoi-25 mu bice bituwe cyane byo muri teritware ya...

Read moreDetails

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Urusaku rw'imbunda z'irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n'impamvu yarwo Amakuru aturuka mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ugenzurwa n'ihuriro ry'ingabo za Repubulika...

Read moreDetails

Conflict Monitoring Report: Burundian Military Expansion and the Security Situation in the Mulenge Highlands

by minebwenews
October 19, 2025
0
Burundian Soldiers in Tshisekedi’s Plan to Wipe Out the Banyamulenge

Background Recent developments in the highlands of Mulenge, South Kivu Province (eastern Democratic Republic of the Congo), reveal a growing presence of Burundian soldiers operating in collaboration with elements of the Congolese national army...

Read moreDetails

Menya uduce turenga 4 Ingabo z’u Burundi zashyinzemo ibirindiro mu Cyohagati

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Menya uduce turenga 4 Ingabo z'u Burundi zashyinzemo ibirindiro mu Cyohagati Igice kizwi nko mu Cyohagati cyo mu misozi miremire y'i Mulenge mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo mu...

Read moreDetails
Next Post
Amashya avugwa mu Rurambo yanabayemo agasenyaguro ku za Tshisekedi.

Bumwe mu buhamya ku bitero byagabwe kuri Twirwaneho na M23 mu Rugezi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?