• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haketswe icyihishe inyuma y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge bapfira mu bitaro muri Kenya, igihe cyo kwibaruka.

minebwenews by minebwenews
March 20, 2024
in Regional Politics
0
Haketswe icyihishe inyuma y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge bapfira mu bitaro muri Kenya, igihe cyo kwibaruka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haketswe icyihishe inyuma y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge, muri Kenya, bapfira kwa muganga, igihe bagiye kwibaruka.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ubutumwa Minembwe Capital News ikesha umwe mu Banyamulenge, ba cyumbikiwe muri icyo gihugu cya Kenya.

Ubu butumwa buvuga ko “abagore ba Banyamulenge bicwa, bagukurwamo impyiko zikagurishwa akayabo ka mafaranga.”

Ubutumwa bugira buti: “Nta kindi nshaka ku kubwira, ni hejuru y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge. Nari mukazi; nza ku gahuriramo n’umunyakenya igihe ndi ku mushiriraho protector, turaganira, kandi yari umugabo ukuze. Ndamubaza ntese, nu kubera iki, igihugu cya Kenya gitejeje imbere ariko abagore ba Banyamulenge baja kubyara bagapfira mu bitaro! Mu gihe twari tuzi ko Kenya ifite ibitaro birimo abaganga b’inshabwenge!!!”

Uyu munyakenya yamuhaye igisubizo giteye urwikwekwe.

Yagize ati: “Mwebwe abagore banyu bazashirira muri iki gihugu!! Bariya baganga ni “abacuruzi,” bagutegeka ko umugore wawe akorerwa operasiyo, bakubwira ko yananiwe kubyara! Ariko sibyo, ntaba yananiwe kubyara hubwo ni m’urwego rwo kugira ngo bashake uko bizakwitwa.”

Yakomeje agira ati: “Bo, ba muvanamo impyiko, akava amaraso menshi, kandi baza kuyivanamo bafite komande yayo (command). Impyiko bazigurishya miliyoni zitanu z’amadolari y’Amerika.”

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko “impyiko zigurishwa cyane ari z’abagore bari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 20 na 40.”

Ubutumwa busoza buvuga ko “icyo kibazo kigoye benshi mu Banyamulenge bacyumbikiwe mu gihugu cya Kenya,” ni mu gihe abagore ba Banyamulenge, bamaze gupfa muri ubwo buryo bari k’urugero rwo hejuru, mu gihe cy’imyaka itanu ishize.

               MCN.
Tags: Abagore ba BanyamulengeHaketsweinyumaY'imfu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Minisiteri y’u mutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyivuga ku ntege nke, zigisirikare zicyo gihugu (Fardc).

Minisiteri y'u mutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyivuga ku ntege nke, zigisirikare zicyo gihugu (Fardc).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?