• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, February 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haketswe icyihishe inyuma y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge bapfira mu bitaro muri Kenya, igihe cyo kwibaruka.

minebwenews by minebwenews
March 20, 2024
in Regional Politics
0
Haketswe icyihishe inyuma y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge bapfira mu bitaro muri Kenya, igihe cyo kwibaruka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haketswe icyihishe inyuma y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge, muri Kenya, bapfira kwa muganga, igihe bagiye kwibaruka.

You might also like

Uruzinduko rwa Komiseri wa EU i Goma rwerekana Impinduka mu Miyoborere y’Inkunga n’Ibiganiro by’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Impungenge ku Buhuza bwa Perezida w’u Burundi mu Bibazo bya RDC

“RDC Ntikwiye Gucumbikira Abahungabanya Umutekano w’u Rwanda”-Gen Muhanguzi

Ni ubutumwa Minembwe Capital News ikesha umwe mu Banyamulenge, ba cyumbikiwe muri icyo gihugu cya Kenya.

Ubu butumwa buvuga ko “abagore ba Banyamulenge bicwa, bagukurwamo impyiko zikagurishwa akayabo ka mafaranga.”

Ubutumwa bugira buti: “Nta kindi nshaka ku kubwira, ni hejuru y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge. Nari mukazi; nza ku gahuriramo n’umunyakenya igihe ndi ku mushiriraho protector, turaganira, kandi yari umugabo ukuze. Ndamubaza ntese, nu kubera iki, igihugu cya Kenya gitejeje imbere ariko abagore ba Banyamulenge baja kubyara bagapfira mu bitaro! Mu gihe twari tuzi ko Kenya ifite ibitaro birimo abaganga b’inshabwenge!!!”

Uyu munyakenya yamuhaye igisubizo giteye urwikwekwe.

Yagize ati: “Mwebwe abagore banyu bazashirira muri iki gihugu!! Bariya baganga ni “abacuruzi,” bagutegeka ko umugore wawe akorerwa operasiyo, bakubwira ko yananiwe kubyara! Ariko sibyo, ntaba yananiwe kubyara hubwo ni m’urwego rwo kugira ngo bashake uko bizakwitwa.”

Yakomeje agira ati: “Bo, ba muvanamo impyiko, akava amaraso menshi, kandi baza kuyivanamo bafite komande yayo (command). Impyiko bazigurishya miliyoni zitanu z’amadolari y’Amerika.”

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko “impyiko zigurishwa cyane ari z’abagore bari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 20 na 40.”

Ubutumwa busoza buvuga ko “icyo kibazo kigoye benshi mu Banyamulenge bacyumbikiwe mu gihugu cya Kenya,” ni mu gihe abagore ba Banyamulenge, bamaze gupfa muri ubwo buryo bari k’urugero rwo hejuru, mu gihe cy’imyaka itanu ishize.

               MCN.
Tags: Abagore ba BanyamulengeHaketsweinyumaY'imfu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uruzinduko rwa Komiseri wa EU i Goma rwerekana Impinduka mu Miyoborere y’Inkunga n’Ibiganiro by’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
Uruzinduko rwa Komiseri wa EU i Goma rwerekana Impinduka mu Miyoborere y’Inkunga n’Ibiganiro by’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Uruzinduko rwa Komiseri wa EU i Goma rwerekana Impinduka mu Miyoborere y’Inkunga n’Ibiganiro by’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Komiseri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi n’inkunga mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Impungenge ku Buhuza bwa Perezida w’u Burundi mu Bibazo bya RDC

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Impungenge ku Buhuza bwa Perezida w’u Burundi mu Bibazo bya RDC

U Rwanda Rwagaragaje Impungenge ku Buhuza bwa Perezida w’u Burundi mu Bibazo bya RDC Leta y’u Rwanda yatangaje ko idashyigikiye igitekerezo cy’uko Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yaba...

Read moreDetails

“RDC Ntikwiye Gucumbikira Abahungabanya Umutekano w’u Rwanda”-Gen Muhanguzi

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
“RDC Ntikwiye Gucumbikira Abahungabanya Umutekano w’u Rwanda”-Gen Muhanguzi

"RDC Ntikwiye Gucumbikira Abahungabanya Umutekano w’u Rwanda"-Gen Muhanguzi Umuyobozi wa Diviziyo ya Kabiri y’Ingabo za Uganda zirwanira ku Butaka, Paul Muhanguzi, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yakiriye Intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi baganira ku Mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
Perezida Kagame Yakiriye Intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi baganira ku Mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Kagame Yakiriye Intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi baganira ku Mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku munsi w'ejo tariki ya...

Read moreDetails

RDC Yahaye Abanyamerika Ibirombe bya Rubaya Bigenzurwa na AFC/M23

by Bahanda Bruce
February 19, 2026
0
RDC Yahaye Abanyamerika Ibirombe bya Rubaya Bigenzurwa na AFC/M23

RDC Yahaye Abanyamerika Ibirombe bya Rubaya Bigenzurwa na AFC/M23 Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yahaye abashoramari b’Abanyamerika uburenganzira bwo kugenzura no gusuzuma ibirombe byo mu...

Read moreDetails
Next Post
Minisiteri y’u mutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyivuga ku ntege nke, zigisirikare zicyo gihugu (Fardc).

Minisiteri y'u mutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyivuga ku ntege nke, zigisirikare zicyo gihugu (Fardc).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?