Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haketswe icyihishe inyuma y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge bapfira mu bitaro muri Kenya, igihe cyo kwibaruka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 20, 2024
in Regional Politics
0
Haketswe icyihishe inyuma y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge bapfira mu bitaro muri Kenya, igihe cyo kwibaruka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haketswe icyihishe inyuma y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge, muri Kenya, bapfira kwa muganga, igihe bagiye kwibaruka.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ubutumwa Minembwe Capital News ikesha umwe mu Banyamulenge, ba cyumbikiwe muri icyo gihugu cya Kenya.

Ubu butumwa buvuga ko “abagore ba Banyamulenge bicwa, bagukurwamo impyiko zikagurishwa akayabo ka mafaranga.”

Ubutumwa bugira buti: “Nta kindi nshaka ku kubwira, ni hejuru y’imfu zibasira abagore ba Banyamulenge. Nari mukazi; nza ku gahuriramo n’umunyakenya igihe ndi ku mushiriraho protector, turaganira, kandi yari umugabo ukuze. Ndamubaza ntese, nu kubera iki, igihugu cya Kenya gitejeje imbere ariko abagore ba Banyamulenge baja kubyara bagapfira mu bitaro! Mu gihe twari tuzi ko Kenya ifite ibitaro birimo abaganga b’inshabwenge!!!”

Uyu munyakenya yamuhaye igisubizo giteye urwikwekwe.

Yagize ati: “Mwebwe abagore banyu bazashirira muri iki gihugu!! Bariya baganga ni “abacuruzi,” bagutegeka ko umugore wawe akorerwa operasiyo, bakubwira ko yananiwe kubyara! Ariko sibyo, ntaba yananiwe kubyara hubwo ni m’urwego rwo kugira ngo bashake uko bizakwitwa.”

Yakomeje agira ati: “Bo, ba muvanamo impyiko, akava amaraso menshi, kandi baza kuyivanamo bafite komande yayo (command). Impyiko bazigurishya miliyoni zitanu z’amadolari y’Amerika.”

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko “impyiko zigurishwa cyane ari z’abagore bari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 20 na 40.”

Ubutumwa busoza buvuga ko “icyo kibazo kigoye benshi mu Banyamulenge bacyumbikiwe mu gihugu cya Kenya,” ni mu gihe abagore ba Banyamulenge, bamaze gupfa muri ubwo buryo bari k’urugero rwo hejuru, mu gihe cy’imyaka itanu ishize.

               MCN.
Tags: Abagore ba BanyamulengeHaketsweinyumaY'imfu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Minisiteri y’u mutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyivuga ku ntege nke, zigisirikare zicyo gihugu (Fardc).

Minisiteri y'u mutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyivuga ku ntege nke, zigisirikare zicyo gihugu (Fardc).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?