• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

minebwenews by minebwenews
May 14, 2025
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

You might also like

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo byamenyekanye ko burikuzana abacanshuro bo mu majy’epfo ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika muri Colombia nyuma y’aho izanye abo muri Romania bakananirwa.

Hagize iminsi bivugwa ko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bugifite gukemura amakimbirane yo mu Burasizuba bwayo bukoresheje intambara, kabone nubwo hari ibiganiro by’amahoro bibera ahatandukanye bigamije kumvikanisha impande zihanganye.

Ni muri ubwo buryo amakuru avuga ko RDC iri kwerekeza amaso yayo ku bacanshuro bo muri Colombia, ni mu gihe abo yari yarazanye mbere bananiwe.

Umucanshuro wo muri Colombia, Eric Dean Prince, aheruka gutangaza ko agiye gucungira RDC umutekano w’ibirombe byayo by’amabuye y’agaciro no kugenzura uburyo imisoro ikusanywa.

Aya makuru anagaragaza ko ubwo bwumvikanye bwemeranyijweho mu kwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025, nyuma y’aho hari haciye iminsi impande zombi ziri mu biganiro.

Prince bikaba bizwi ko afite ikigo cy’abacanshuro cyitwa Blackwater, kimaze kugirana ubucuti n’ibihugu byinshi bitandukanye.

Aya makuru akomeza avuga ko uyu Prince amaze iminsi ari gushaka abacanshuro biganjemo abo muri Colombia, kugira ngo bajye gufasha u butegetsi bw’i Kinshasa kurwanya umutwe wa M23 no gucunga ibirombe by’amabuye y’agaciro no kugenzura uburyo imisoro ikusanywa.

Hagataho, abanyakolombia bahoze mu ngabo bari kwinjira ku bwinshi mu bacanshuro, kandi bikavugwa ko aba ko bagezweho muri iki gihe.

Kuri ubu bari muri Ukraine aho barwanirira ubutegetsi bwa Zelensky no muri Sudan.

Nk’uko amakuru abigaragaza ni uko muri RDC bemerewe kuzajya bahembwa ama-pesos miliyoni 19 ku kwezi (4300$). Amatangazo abahamagarira kuja kurwana ahanini anyuzwa kuri TikTok, abinkwakuzi bagahita bafata indege ibakura i Bogota bakinjira i Madrid, bahava bafata indege ibageza muri Pologne hanyuma bakabona kwnjira muri Ukraine.

Benshi bumvise ayo mafaranga , bihutira kwinjira mu bacanshuro. Bivugwa ko muri Mexique bashakishwa cyane kugira ngo bakorane n’aba-cartel bakomeye mu gucuruza abantu muri Amerika.

Ahandi bavugwa cyane ni muri Sudan, aho mu minsi ishize, hari amakuru yavugaga ko abarenga 300 barwanaga ku ruhande rwa Rapid Support Force.

Kuva mu mwaka wa 2000, abacanshuro bo muri Colombia bavuzwe mu bihugu birimo u Burusiya, Yamen, Libya, Somalia na Afghanistan. Muri Yamen bivugwa ko abagiyeyo binjiza hafi 7000$ ku kwezi.

Mu mwaka wa 2021 nabwo bavuzwe muri Haiti ndetse bivugwa ko bari mu bagize uruhare mu rupfu rwa perezida Jovenel Moïse. Kubera ibyo Abanye-Colombia 17 barafunzwe, ubu bari muri gereza iri i Port-au- Prince.

Abamaze gupfira muri Ukraine babarirwa mu 300 bagiyeyo nk’abacanshuro.

Amakuru akomeza avuga ko u Rwanda ruzi ibyaba bacanshuro ngo kuko minisitiri w’ubanye n’amahanga warwo, Olivier Nduhungurehe, aheruka kubwira umunyamakuru wa mama urwa Gasabo, ko nubwo harimo kuba ibiganiro hagati ya RDC n’u Rwanda ndetse na RDC na M23, amakuru ahari ari uko Congo igishaka intambara.

Kandi agaragaza ko iki kibazo, cyagejejwe ku bahuza barimo Qatar na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Uyu Prince uyoboye abacanshuro bashaka koherezwa muri RDC, yahoze mu mutwe w’ingabo za Amerika zizobereye mu kurwana mu mazi, ku butaka no mu kirere.

Nyuma y’aho aviriye mu ngabo za Amerika yahise ashinga Blackwater, akorana byahafi n’igihugu cye mu butumwa butandukanye.

Hari nubwo byigeze kuvugwa ko ubwo ingabo za Monusco zizava muri RDC, blackwater izasigara mu nshingano mu bice bitandukanye by’iki gihugu.

Tags: AbacanshuroBlackwaterRdc
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails
Next Post
Umukwabo AFC/M23 yakoze i Goma yawungukiyemo amakuru mashya kandi atangaje.

Umukwabo AFC/M23 yakoze i Goma yawungukiyemo amakuru mashya kandi atangaje.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?