• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye abandi basirikare benshi b’u Burundi, bapfiriye mu ntambara mu nkengero z’u Mujyi wa Mushaki.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu mirwano y’iminsi itatu ku Cyumweru, k’uwa Mbere, k’uwa Kabiri no kuri uyu wa Kane, tariki 07/12/2023, byavuzwe ko muri uru rugamba ko arirwo rwaguyemo abasirikare benshi b’u Burundi, kuva b’injira mu ntambara yeruye n’umutwe wa M23, aho ziriya Ngabo z’u Burundi ziyemeje gufasha Wazalendo, FDLR na FARDC kurwanya M23.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Inkuru dukesha Isoko yacu, ihamya ko muri iyi mirwano y’iminsi itatu ko yaguyemo abasirikare b’u Burundi basaga 200 abandi n’abo ba burirwa irengero harimo na bakomeretse.

Amazina y’abamwe yabashe kuja hanze tukaba tubikesha umwanditsi w’umurundi Pacifique Nininahazwe.

Mubo yatangaje harimo: Caporal-Chef Clement Habyarimana(Matricile 76010/HR23005), yavutse mu 1983 avukira muri Komine Mutimbuzi, mu Ntara ya Bujumbura. 1ère Class Cassien Hatungimana(Matricile 80498/HR5122), yavutse mu 1993, avukiye muri Komine Matongo, mu Ntara ya Kayanza. 1ère Classe Celeus Ndayikeza(Matricile 83113/HR27179), yavutse mu 1998, avukiye muri Komine Gisagara mu Ntara ya Cankuzo. 2ème Classe Edson Izobampa(Matricile 87825/HR30956), yavutse mu 1999, yavukiye muri Ruhagarika.

Ku wa Mbere, tariki 04/12/2023, niho kandi byatangajwe ko mu Ngabo z’u Burundi zifasha FARDC na FDLR kurwanya M23 ko haguyemo abasirikare ba biri b’u Burundi bafite ipeti rya Major, aribo: Major Onesphore Ndayiragije, wamamaye kw’izina rya Bigohe na Major Pascal Ngendakumana.

Gusa M23 nk’uko yakomeje kubivuga kumbuga nkoranya mbaga, yagaragaje ko mu Rugarama rwokuri uyu wa Kane, tariki 07/12/2023, ko hapfuye abasirikare benshi b’u Burundi ni mu mirwano yahesheje uriya mutwe wa M23 gufata u Mujyi wa Mushaki, wo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mushaki, iherereye mu bilometre 36 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aha muri Mushaki hari ibirindiro bikomeye by’ingabo z’u Burundi, Wazalendo, FDLR na FARDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Hamenyekanye abandi basirikare benshi b'u Burundi bapfiriye mu ntambara mu nkengero za MushakiMasisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Kuba Abanyamulenge, batararemye Isoko ya Gitoga, yo k'uwa Gatatu, byavuzwe ko imbarutso yavuye kuri Alexis Nyamusaraba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?