• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye abandi basirikare benshi b’u Burundi, bapfiriye mu ntambara mu nkengero z’u Mujyi wa Mushaki.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu mirwano y’iminsi itatu ku Cyumweru, k’uwa Mbere, k’uwa Kabiri no kuri uyu wa Kane, tariki 07/12/2023, byavuzwe ko muri uru rugamba ko arirwo rwaguyemo abasirikare benshi b’u Burundi, kuva b’injira mu ntambara yeruye n’umutwe wa M23, aho ziriya Ngabo z’u Burundi ziyemeje gufasha Wazalendo, FDLR na FARDC kurwanya M23.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Inkuru dukesha Isoko yacu, ihamya ko muri iyi mirwano y’iminsi itatu ko yaguyemo abasirikare b’u Burundi basaga 200 abandi n’abo ba burirwa irengero harimo na bakomeretse.

Amazina y’abamwe yabashe kuja hanze tukaba tubikesha umwanditsi w’umurundi Pacifique Nininahazwe.

Mubo yatangaje harimo: Caporal-Chef Clement Habyarimana(Matricile 76010/HR23005), yavutse mu 1983 avukira muri Komine Mutimbuzi, mu Ntara ya Bujumbura. 1ère Class Cassien Hatungimana(Matricile 80498/HR5122), yavutse mu 1993, avukiye muri Komine Matongo, mu Ntara ya Kayanza. 1ère Classe Celeus Ndayikeza(Matricile 83113/HR27179), yavutse mu 1998, avukiye muri Komine Gisagara mu Ntara ya Cankuzo. 2ème Classe Edson Izobampa(Matricile 87825/HR30956), yavutse mu 1999, yavukiye muri Ruhagarika.

Ku wa Mbere, tariki 04/12/2023, niho kandi byatangajwe ko mu Ngabo z’u Burundi zifasha FARDC na FDLR kurwanya M23 ko haguyemo abasirikare ba biri b’u Burundi bafite ipeti rya Major, aribo: Major Onesphore Ndayiragije, wamamaye kw’izina rya Bigohe na Major Pascal Ngendakumana.

Gusa M23 nk’uko yakomeje kubivuga kumbuga nkoranya mbaga, yagaragaje ko mu Rugarama rwokuri uyu wa Kane, tariki 07/12/2023, ko hapfuye abasirikare benshi b’u Burundi ni mu mirwano yahesheje uriya mutwe wa M23 gufata u Mujyi wa Mushaki, wo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mushaki, iherereye mu bilometre 36 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aha muri Mushaki hari ibirindiro bikomeye by’ingabo z’u Burundi, Wazalendo, FDLR na FARDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Hamenyekanye abandi basirikare benshi b'u Burundi bapfiriye mu ntambara mu nkengero za MushakiMasisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Kuba Abanyamulenge, batararemye Isoko ya Gitoga, yo k'uwa Gatatu, byavuzwe ko imbarutso yavuye kuri Alexis Nyamusaraba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?