• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye agace abarwanyi ba AfC/M23 bikuyemo ko muri Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
April 27, 2025
in Regional Politics
0
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye agace abarwanyi ba AfC/M23 bikuyemo ko muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Abarwanyi bo mu mutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, bikuye mu gace ka Luhihi nta mirwano ibaye, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Aka gace ka Luhihi gaherereye muri teritware ya Kalehe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ni agace kandi kari mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Katana hafi n’ikibuga cy’indege cya Kavumu.

Ku mugoroba w’ahar’ejo tariki ya 26/04/2025, amakuru avuga ko ari bwo aba barwanyi bivanye muri aka gace. Kugeza ubu ntakiramenyekana cyatumye aba barwanyi bava muri aka gace.

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka, aba barwanyi ni bwo bigaruriye aka gace kimwe n’utundi duherereye muri ibyo bice, hari nyuma yuko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zari zimaze guhunga, cyangwa gutsindwa urugamba.

Hari n’andi makuru ataremezwa neza avuga ko aba barwanyi bo muri uyu mutwe wa M23 bikuye no mu tundi duce duherereye muri ibyo bice, harimo aka Kabamba na Kasheke. Nubwo tutarabasha kugenzura aya makuru, ariko yakomeje gutangazwa n’abanyamakuru bakorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa.

Kurundi ruhande, uyu mutwe wa M23 ukomeje gukora amateka ni mu gihe ku munsi w’ejo ku wa gatandatu wigaruriye umujyi wa Kaziba, uherereye muri teritware ya Walungu.

Bizwi ko uwo mujyi muto wari urimo abarwanira ubutegetsi bw’i Kinshasa benshi kuko babarirwaga mu bihumbi birenga 10. Binasobanurwa ko warimo abasirikare b’u Burundi, Wazalendo, FARDC n’abarwanyi bo mu mutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Hagataho, uyu mutwe wa M23 uri kwagura ibirindiro byawo muburyo bukomeye.

Tags: LuhihiM23
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yoherereje mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta...

Read moreDetails

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails
Next Post
Nigeria: Abasirikare barenga 10 bapfuye.

Nigeria: Abasirikare barenga 10 bapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?