• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hamenyekanye agace k’i Mulenge Ingabo z’u Burundi zashyinzemo ibirindiro n’akandi zavuyemo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 8, 2025
in Conflict & Security
0
Hamenyekanye agace k’i Mulenge Ingabo z’u Burundi zashyinzemo ibirindiro n’akandi zavuyemo
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye agace k’i Mulenge Ingabo z’u Burundi zashyinzemo ibirindiro n’akandi zavuyemo

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Ingabo z’u Burundi zibarizwa muri Kivu y’Amajyepfo aho zagiye gufasha iza Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bw’iki gihugu wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, zashyinze ibirindiro kuri Nyamara, nyuma y’aho zivuye mu byari mu Gahuna ku Ndondo ya Bijombo.

Aya makuru yamenyekanye aha’rejo ku wa kabiri tariki ya 07/10/2025, amenywa bwa mbere n’ubutasi bw’umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera mu misozi y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo.

Nk’uko umwe wo muri uyu mutwe wa Twirwaneho yabibwiye Minembwe Capital News, yavuze ko Ingabo z’u Burundi zashyinze ibirindiro kuri Nyamara.

Iki gice giherereye mu ntera ngufi uvuye mu Kamombo centre, ndetse kandi iyi Nyamara iri mu nkengero z’ishyamba rizwi cyane i Mulenge rya Bijabo, kuko rizwiho kuba ari rinini, ubundi kandi rinabamo imisozi baragiriraho inka, n’ibindi.

Nk’uko kandi yakomeje abidusobanurira, yagaragaje ko ibyo birindiro za byubatse hafi n’ahahoze umuhana w’Abanyamulenge, mbere yo gusenyerwa n’ibitero by’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta byo mu mwaka wa 2023.

Ingabo z’u Burundi zubatse ibirindiro kuri Nyamara, mu gihe kandi amakuru ava ku Ndondo ya Bijombo avuga ko zavuye mu birindiro zahozemo mu Gahuna.

Ibi birindiro by’izi ngabo z’u Burundi byari mu Gahuna, zazicyukuyemo indake nyinshi, kuburyo hafi agasozi kose byari biherereyemo zari zarakujuje imyobo yazo.

Mu mashusho agaragaza umugende w’imyobo wazo, kandi ayerekana ari myinshi.

Binazwi ko aka gasozi izo ndake zacyukuwemo, ni nako abaturage bo mu Gahuna n’ahandi ku Ndondo ya Bijombo bashakiramo network ya telefone, iyo bifashisha bakavugana n’inshuti n’abavandimwe bari mu mahanga.

Kurundi ruhande, kuba izi ngabo z’u Burundi zahavuye bibaye igisubizo ku baturage bahashakiraga network.

Ariko kandi kuba izi ngabo zashyinze ibirindiro kuri Nyamara, mu gice kitari kure na Mikenke hagenzurwa na MRDP-Twirwaneho, bigaragaza ko umwanya uwo ari wo wose impande zombi zokwambikana, intambara ikavuka.

Twirwaneho igenzura inkengero za Nyamara, kuko iri mu Bijabo, Kamombo na Mikenke ndetse n’ahandi mu bindi bice biraho hafi.

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, ni bwo Twirwaneho yatangiye kugenzura ibyo bice, nyuma yo kubyirukanamo Ingabo z’u Burundi iza FARDC, FDLR na Wazalendo.

Tariki ya 22/02/2025, ni bwo yabohoje igice cya Mikenke cyose, cyabarizwagamo ibigo bitatu by’ingabo z’u Burundi, ni mu gihe kimwe cyabaga muri centre ya Mikenke, ikindi kikaba kuri antenne ya Vodacom, ikindi ku Bilalombiri.

Tubibutsa ko ingabo z’u Burundi ziri muri Kivu y’Amajyepfo kuva mu kwezi kwa gatandatu ahagana mu mpera zako, umwaka wa 2022.

Zihari k’ubwa masezerano y’ubufatanye mu byagisirikare, yasinywe hagati ya Perezida Tshisekedi na mugenzi we w’u Burundi Evariste Ndayishimiye.

Tags: GahunaIbirindiroIngabo z'u BurundiNyamara
Share34Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

AFC/M23/MRDP yabohoje uduce dushya kandi twinshi muri Kivu y'Epfo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?