• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye akandi gace m23 yagiyemo nyuma y’aho yikuye i Kagheri nta mirwano.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye akandi gace m23 yagiyemo nyuma y’aho yikuye i Kagheri nta mirwano.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye akandi gace m23 yagiyemo nyuma y’aho yikuye i Kagheri nta mirwano.

You might also like

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika Igiye Kwiga ku Mahoro Arambye Hagati ya RDC n’u Rwanda

Abarwanyi bo mu mutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa, bikuye mu gace ka Kagheri hatabaye ihangana hagati yabo n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Kagheri ni agace gaherereye mu ntera ngufi ni centre ya teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru ava muri aka gace kari mu birometero 35 uvuye muri centre ya Lubero, avuga ko m23 yakivanyemo nta ntambara yabaye, aho bari baragafashe ku ya 02/02/2025, nyuma y’imirwano yabaye hagati y’aba barwanyi ba m23 n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (Fardc).

Minembwe Capital News yamenye ko aba barwanyi bavuye muri kariya gace, bahita baja mukandi kitwa Kasugho, gaherereye mu birometero 15 uvuye muri Kagheri.

Uyu mutwe wagiye muri aka gace mu gihe karikavuyemo ingabo za Uganda zari zihamaze iminsi.

Ku rundi ruhande, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyatangaje ko kiri hafi y’aha m23 yagiye muri Lubero. Ariko kugeza ubu ntacyo uyu mutwe wa m23 uratangaza kuri ibi byavuzwe na FARDC.

Tags: ImirwanoKagheriM23
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi Ese wari uzi ko Afurika yatanze intwari zidasanzwe zagize uruhare rukomeye mu Ntambara ya Kabiri y’Isi,...

Read moreDetails

Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge

Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge Bobi Wine, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi akaba n’umukandida watsinzwe mu matora...

Read moreDetails

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika Igiye Kwiga ku Mahoro Arambye Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika Igiye Kwiga ku Mahoro Arambye Hagati ya RDC n’u Rwanda Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibinyujije muri Komisiyo ishinzwe...

Read moreDetails

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine Mu magambo akakaye, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko, ku bwe, Bobi...

Read moreDetails

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Mu rwego rwo gushimangira inzira y’ibiganiro bigamije kugarura amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails
Next Post
FARDC iri guhiga Abasore ba Banyamulenge bukware mu Bibogobogo.

Ibikomeje kuvugwa n'ingabo z'u Burundi ziri mu Bibogobogo, biri gutera Abanyamulenge ubwoba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?