• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye amakuru ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zifasha igisirikare cya Israel mu ibanga rikomeye mu bitero bagaba mu Ntara ya Gaza.

minebwenews by minebwenews
April 1, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amakuru ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zifasha igisirikare cya Israel mu ibanga rikomeye mu bitero bagaba mu Ntara ya Gaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ko leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yoherereza Israel imbunda zikomeye mu bitero igaba mu Ntara ya Gaza.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ibanga ryatangajwe n’igitangaza makuru cyo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kizwi nka “The Washington Post.” Iki gitangaza makuru cyatangaje ko cyahawe amakuru n’abamwe mu bategetsi bo muri iki gihugu bagihishurira ko “ubutegetsi bwa ‘Washington’ buha
inshuti yayo idasanzwe ya Israel, akayabo k’Amadolari y’Amerika yo kugura imbunda ziremereye zirimo ibisasu, n’indege za gisirikare.

Iy’inkuru yagiye hanze mu gihe leta Zunze Ubumwe z’Amerika yari igize igihe igaragaza ko itewe impungenge n’ibitero igisirikare cya Israel kigaba mu Ntara ya Gaza cyane cyane mu mujyi wa Rafah.

Iki gitangaza makuru The Washington Post, cya vuze ko muri bimwe bisasu Israel imaze kugura biremereye bya vuye kubafasha yahawe n’igihugu cy’inshuti yayo y’akadashoboka Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, muri ibyo bisasu harimo ibigera ku 1800 byo mu bwoko bwa Mk84, kimwe muri ibi bisasu gipima ibilo birenga 900.

Bisanzwe ari ibisasu byifashishwa mu gihe igisirikare runaka gishaka guturitsa ahantu hanini icyarimwe kikahashegesha cyane, bijyanye n’ubushobozi bw’u mwanzi kiba gihanganye nawe.

The Washington Post yavuze kandi ko hari n’ibindi bisasu Amerika iha Israel byo mu bwoko bwa Mk82 kimwe kikaba gipima ibilo 500.

Hari kandi ko ngo Israel yoherezwa n’indege z’intambara ahanini ngo zo mu bwoko bwa 25F-345A na moteri zayo, byose bikaba bibarirwa mu gaciro ka miliyari 2,5$.

Iyo nkunga byatangajwe ko yemejwe n’Inteko ya Amerika mu myaka yashize nk’imwe muri miliyari 3$ yaburi mwaka ubutegetsi bwa Washington bugomba guha iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo hagati.

Iyi nkunga yoherejwe ku rundi ruhande yafashwe nko gutiza umurindi iyicwa ry’abaturage ba Gaza bari gupfa umunsi ku wundi baguye mu ntambara.

Minisiteri y’ubuzima muri Palestine iheruka gutangaza ko abarenga ibihumbi 32 bamaze kugwa mu bitero Israel igaba muri Gaza kuva mu kwezi kwa Cumi, umwaka ushize.

            MCN.
Tags: IbisasuIha IsraelKu ntambara ibera mu Ntara ya GazaLeta Zunze Ubumwe z'AmerikaMk82Ubufasha
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ikibandi gikorwa na Wazalendo cyo  kwica no kurasa abasivile mu mujyi wa Goma,  kigenda gifata intera umunsi ku wundi.

Ikibandi gikorwa na Wazalendo cyo kwica no kurasa abasivile mu mujyi wa Goma, kigenda gifata intera umunsi ku wundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?