Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye amakuru ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zifasha igisirikare cya Israel mu ibanga rikomeye mu bitero bagaba mu Ntara ya Gaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 1, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amakuru ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zifasha igisirikare cya Israel mu ibanga rikomeye mu bitero bagaba mu Ntara ya Gaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ko leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yoherereza Israel imbunda zikomeye mu bitero igaba mu Ntara ya Gaza.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ibanga ryatangajwe n’igitangaza makuru cyo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kizwi nka “The Washington Post.” Iki gitangaza makuru cyatangaje ko cyahawe amakuru n’abamwe mu bategetsi bo muri iki gihugu bagihishurira ko “ubutegetsi bwa ‘Washington’ buha
inshuti yayo idasanzwe ya Israel, akayabo k’Amadolari y’Amerika yo kugura imbunda ziremereye zirimo ibisasu, n’indege za gisirikare.

Iy’inkuru yagiye hanze mu gihe leta Zunze Ubumwe z’Amerika yari igize igihe igaragaza ko itewe impungenge n’ibitero igisirikare cya Israel kigaba mu Ntara ya Gaza cyane cyane mu mujyi wa Rafah.

Iki gitangaza makuru The Washington Post, cya vuze ko muri bimwe bisasu Israel imaze kugura biremereye bya vuye kubafasha yahawe n’igihugu cy’inshuti yayo y’akadashoboka Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, muri ibyo bisasu harimo ibigera ku 1800 byo mu bwoko bwa Mk84, kimwe muri ibi bisasu gipima ibilo birenga 900.

Bisanzwe ari ibisasu byifashishwa mu gihe igisirikare runaka gishaka guturitsa ahantu hanini icyarimwe kikahashegesha cyane, bijyanye n’ubushobozi bw’u mwanzi kiba gihanganye nawe.

The Washington Post yavuze kandi ko hari n’ibindi bisasu Amerika iha Israel byo mu bwoko bwa Mk82 kimwe kikaba gipima ibilo 500.

Hari kandi ko ngo Israel yoherezwa n’indege z’intambara ahanini ngo zo mu bwoko bwa 25F-345A na moteri zayo, byose bikaba bibarirwa mu gaciro ka miliyari 2,5$.

Iyo nkunga byatangajwe ko yemejwe n’Inteko ya Amerika mu myaka yashize nk’imwe muri miliyari 3$ yaburi mwaka ubutegetsi bwa Washington bugomba guha iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo hagati.

Iyi nkunga yoherejwe ku rundi ruhande yafashwe nko gutiza umurindi iyicwa ry’abaturage ba Gaza bari gupfa umunsi ku wundi baguye mu ntambara.

Minisiteri y’ubuzima muri Palestine iheruka gutangaza ko abarenga ibihumbi 32 bamaze kugwa mu bitero Israel igaba muri Gaza kuva mu kwezi kwa Cumi, umwaka ushize.

            MCN.
Tags: IbisasuIha IsraelKu ntambara ibera mu Ntara ya GazaLeta Zunze Ubumwe z'AmerikaMk82Ubufasha
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ikibandi gikorwa na Wazalendo cyo  kwica no kurasa abasivile mu mujyi wa Goma,  kigenda gifata intera umunsi ku wundi.

Ikibandi gikorwa na Wazalendo cyo kwica no kurasa abasivile mu mujyi wa Goma, kigenda gifata intera umunsi ku wundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?