• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye amakuru ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zifasha igisirikare cya Israel mu ibanga rikomeye mu bitero bagaba mu Ntara ya Gaza.

minebwenews by minebwenews
April 1, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amakuru ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zifasha igisirikare cya Israel mu ibanga rikomeye mu bitero bagaba mu Ntara ya Gaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ko leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yoherereza Israel imbunda zikomeye mu bitero igaba mu Ntara ya Gaza.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni ibanga ryatangajwe n’igitangaza makuru cyo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kizwi nka “The Washington Post.” Iki gitangaza makuru cyatangaje ko cyahawe amakuru n’abamwe mu bategetsi bo muri iki gihugu bagihishurira ko “ubutegetsi bwa ‘Washington’ buha
inshuti yayo idasanzwe ya Israel, akayabo k’Amadolari y’Amerika yo kugura imbunda ziremereye zirimo ibisasu, n’indege za gisirikare.

Iy’inkuru yagiye hanze mu gihe leta Zunze Ubumwe z’Amerika yari igize igihe igaragaza ko itewe impungenge n’ibitero igisirikare cya Israel kigaba mu Ntara ya Gaza cyane cyane mu mujyi wa Rafah.

Iki gitangaza makuru The Washington Post, cya vuze ko muri bimwe bisasu Israel imaze kugura biremereye bya vuye kubafasha yahawe n’igihugu cy’inshuti yayo y’akadashoboka Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, muri ibyo bisasu harimo ibigera ku 1800 byo mu bwoko bwa Mk84, kimwe muri ibi bisasu gipima ibilo birenga 900.

Bisanzwe ari ibisasu byifashishwa mu gihe igisirikare runaka gishaka guturitsa ahantu hanini icyarimwe kikahashegesha cyane, bijyanye n’ubushobozi bw’u mwanzi kiba gihanganye nawe.

The Washington Post yavuze kandi ko hari n’ibindi bisasu Amerika iha Israel byo mu bwoko bwa Mk82 kimwe kikaba gipima ibilo 500.

Hari kandi ko ngo Israel yoherezwa n’indege z’intambara ahanini ngo zo mu bwoko bwa 25F-345A na moteri zayo, byose bikaba bibarirwa mu gaciro ka miliyari 2,5$.

Iyo nkunga byatangajwe ko yemejwe n’Inteko ya Amerika mu myaka yashize nk’imwe muri miliyari 3$ yaburi mwaka ubutegetsi bwa Washington bugomba guha iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo hagati.

Iyi nkunga yoherejwe ku rundi ruhande yafashwe nko gutiza umurindi iyicwa ry’abaturage ba Gaza bari gupfa umunsi ku wundi baguye mu ntambara.

Minisiteri y’ubuzima muri Palestine iheruka gutangaza ko abarenga ibihumbi 32 bamaze kugwa mu bitero Israel igaba muri Gaza kuva mu kwezi kwa Cumi, umwaka ushize.

            MCN.
Tags: IbisasuIha IsraelKu ntambara ibera mu Ntara ya GazaLeta Zunze Ubumwe z'AmerikaMk82Ubufasha
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ikibandi gikorwa na Wazalendo cyo  kwica no kurasa abasivile mu mujyi wa Goma,  kigenda gifata intera umunsi ku wundi.

Ikibandi gikorwa na Wazalendo cyo kwica no kurasa abasivile mu mujyi wa Goma, kigenda gifata intera umunsi ku wundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?