• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, February 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye andi makuru yimbitse, avuga ku ruzinduko Justin Bitakwira arimo muri Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
July 30, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye andi makuru yimbitse, avuga ku ruzinduko Justin Bitakwira arimo muri Kivu y’Amajy’epfo.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye andi makuru yimbitse, avuga ku ruzinduko Justin Bitakwira arimo muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Justin Bitakwira usanzwe ari umudepite ku rwego rw’i ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yongeye guhabwa kuyobora na Wazalendo bose bo muri yi ntara nk’u munyapolitiki wabo mukuru (cadre politique), ndetse akaba aribyo byatumye agirira uruzinduko muri ibi bice, ruzamuhesha kuganiriza Wazalendo bakorera muri teritware ya Fizi, Uvira na Mwenga n’ahandi, nk’uko iy’inkuru tuyikesha umukozi wa leta ya Kinshasa utashatse ko amazina ye atangazwa.

Uru ruzinduko Justin Bitakwira yagiriye muri Kivu y’Amajy’epfo, rwatangiriye muri teritware ya Uvira, aho yagiye akoresha ibiganiro hirya no hino, bya Wazalendo bo mu mitwe itandukanye.

Ibyumweru bibiri birihafi gushira uyu mugabo ari gukoresha ibiganiro n’aba Wazalendo, nk’uko byagiye binagaragara mu butumwa bw’amashusho bwagiye bunyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga.

Amakuru avuga ko muri uru ruzinduko Justin Bitakwira arimo rwo kuganiriza Wazalendo yaherekejwe n’abajenerali bane barimo General Padiri Bulenda uyoboye Wazalendo bose ku rwego rw’i gihugu(Au Niveau National).

Byanavuzwe kandi ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30/07/2024, Justin Bitakwira n’abo bagendana barerekeza mu bice byo muri teritware ya Fizi aho aza kwakirwa na Wazalendo b’ibigugu, barimo Col Ngomanzito, Rene na Alida n’abandi bo muri ibyo bice.

Mu byo Justin Bitakwira ari kwibandaho cyane, aganiriza aba Wazalendo ari kubakangurira ku rwanya M23 n’icyitwa cyose Umututsi.

Ikindi kirimo kuvugwa nuko yatanze amafaranga ayaha abayobozi ba Wazalendo abo bagiye babonana muri Uvira, barimo uwiyita General Makanaki n’abandi benshi baturutse mu turere dutandukanye two muri teritware ya Uvira.

Sibyo byonyine bivugwa kuri uru ruzinduko rwa Justin Bitakwira yagiriye muri Kivu y’Amajy’epfo, biranavugwa kandi ko ari gusaba Wazalendo kongera gukora ibitero mu baturage ba Banyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge, aho two vuga nk’i Ndondo ya Bijombo, Rurambo, Minembwe na Bibogobogo.

Kugeza ubu uru ruzinduko ruracyakomeje, nk’uko byanavuzwe ko General Padiri Bulenda uyoboye Wazalendo ku rwego rw’igihugu ko yageze i Baraka muri teritware ya Fizi gutegurira Justin Bitakwira uko ari buze gukomeza ibiganiro na Wazalendo bo muri ibyo bice.

           MCN.
Tags: FiziJustin BitakwiraKivu yamajy'EpfoUruzindukoUviraWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026 Mu myaka ya vuba, umugabane wa Afurika wakomeje kugaragaza impinduka zifatika mu...

Read moreDetails

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu ubutegetsi bwa Kinshasa buri kurekura imfungwa nyinshi yamenyekanye.

Impamvu ubutegetsi bwa Kinshasa buri kurekura imfungwa nyinshi yamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?