Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibiri gukorwa kugira ngo mu Bibogobogo amahoro arushyeho kuboneka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 4, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibiri gukorwa kugira ngo mu Bibogobogo amahoro arushyeho kuboneka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibiri gukorwa kugira ngo mu Bibogobogo amahoro arushyeho kuboneka.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni biganiro biri guterwa hagati y’ubwoko bw’Abanyamulenge n’andi moko arimo Abapfulero n’Ababembe bo muri Bibogobogo mu rwego rwo gushakira aka karere amahoro n’umutekano.

Akarere ka Bibogobogo kabarizwa muri teritware ya Fizi, kakaba karebwa na Secteur zibiri iya Mutambara n’iya Tanganyika.

Nk’uko amakuru abivuga n’uko ibi biganiro bigamije gushaka amahoro, bizabera muri Secteur ya Tanganyika, mu bice biherereye muri Grupema ya Basimunyaka Nord.

Ahanini ibi biganiro biri guterwa n’Abanyamulenge bafatikanije na Chef Ituro usanzwe atuye ahitwa i Kagugu, akaba ari nawe ureba Localite ya i kuku yo muri Grupema ya Basimunyaka Nord.

Ndetse byanavuzwe ko chef Ituro kwariwe uzakira ibiganiro bizabanziriza ibindi aho biteganywa ko bizatangira ku wa Mbere tariki ya 05/08/2024.

Abaturage baturiye imisozi yo muri Bibogobogo ariho hahoze hitwa i Bubembe ba bwiye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News ko nta kindi ibi biganiro bigamije usibye gushaka amahoro n’umutekano hagati mu muko aturiye aka karere.

Ati: “Tugamije gushaka amahoro nta kindi. Ku wa Mbere, hari ibiganiro bizahuza abategetsi bazaba barimo Chef Ituro n’Abanyamulenge, kandi n’inzego za leta zizaba ziri muri ibyo biganiro.”

Aba banavuze ko ibyo biganiro ko bizakomeza.

Tubibutsa ko muri aka karere ka Bibogobogo amezi agiye kuba arindwi arenga, nta mirwano ibaye, mu gihe mu myaka itatu ishize habaga intambara ya buri munsi, ni mu gihe Maï Maï yagabaga ibitero mu baturage ba Banyamulenge umunsi ku wundi.

           MCN.
Tags: BibogobogoChef IturoGushaka amahoroibiganiro
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?