• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibiri gukorwa kugira ngo mu Bibogobogo amahoro arushyeho kuboneka.

minebwenews by minebwenews
August 4, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibiri gukorwa kugira ngo mu Bibogobogo amahoro arushyeho kuboneka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibiri gukorwa kugira ngo mu Bibogobogo amahoro arushyeho kuboneka.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni biganiro biri guterwa hagati y’ubwoko bw’Abanyamulenge n’andi moko arimo Abapfulero n’Ababembe bo muri Bibogobogo mu rwego rwo gushakira aka karere amahoro n’umutekano.

Akarere ka Bibogobogo kabarizwa muri teritware ya Fizi, kakaba karebwa na Secteur zibiri iya Mutambara n’iya Tanganyika.

Nk’uko amakuru abivuga n’uko ibi biganiro bigamije gushaka amahoro, bizabera muri Secteur ya Tanganyika, mu bice biherereye muri Grupema ya Basimunyaka Nord.

Ahanini ibi biganiro biri guterwa n’Abanyamulenge bafatikanije na Chef Ituro usanzwe atuye ahitwa i Kagugu, akaba ari nawe ureba Localite ya i kuku yo muri Grupema ya Basimunyaka Nord.

Ndetse byanavuzwe ko chef Ituro kwariwe uzakira ibiganiro bizabanziriza ibindi aho biteganywa ko bizatangira ku wa Mbere tariki ya 05/08/2024.

Abaturage baturiye imisozi yo muri Bibogobogo ariho hahoze hitwa i Bubembe ba bwiye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News ko nta kindi ibi biganiro bigamije usibye gushaka amahoro n’umutekano hagati mu muko aturiye aka karere.

Ati: “Tugamije gushaka amahoro nta kindi. Ku wa Mbere, hari ibiganiro bizahuza abategetsi bazaba barimo Chef Ituro n’Abanyamulenge, kandi n’inzego za leta zizaba ziri muri ibyo biganiro.”

Aba banavuze ko ibyo biganiro ko bizakomeza.

Tubibutsa ko muri aka karere ka Bibogobogo amezi agiye kuba arindwi arenga, nta mirwano ibaye, mu gihe mu myaka itatu ishize habaga intambara ya buri munsi, ni mu gihe Maï Maï yagabaga ibitero mu baturage ba Banyamulenge umunsi ku wundi.

           MCN.
Tags: BibogobogoChef IturoGushaka amahoroibiganiro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?