• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 9, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

minebwenews by minebwenews
August 4, 2024
in Regional Politics
0
Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

Ni ubusobanuro bwatanzwe ku rwego rw’i Ntara ya Ituri aho buvuga ko abantu benshi baheruka gufungirwa muri ibyo bice bazize kuba ibyitso by’umutwe wa m23.

READ ALSO

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania

Umuvugizi wa guverineri w’iy’i ntara ya Ituri ku rwego rw’i gisirikare, bwana Lieutenant Jules Ngongo mu gutanga ibisobanura by’abo bantu bafunzwe bazira kuba ibyitso by’umutwe wa m23 yagize ati: “Turi abasirikare b’umwuga twarabyigiye, rero, abo duheruka gufata turabafunga, nuko twari twamenye amakuru yabo neza. Icyo bazira nuko bakorana n’abanzi b’igihugu. Bafunzwe kubera ko bakorana na m23.”

Amakuru aviyo anavuga ko ibi bisobanuro bya bwana Lieutenant Jules Ngongo yabitanze nyuma yuko depite Gratien Iracan yari yasabye ubutegetsi bw’i Ntara ya Ituri gukora ibishoboka byose bagakemura ibibazo urubyiruko rwo muri Ituri rufite harimo ko rukomeje gufungwa ku rwego rumaze kurenga igipimo.

Ku bwa Lieutenant Jules Ngongo anavuga ko kandi aba bafunzwe bafashwe kimwe n’abanzi b’igihugu ko ndetse ari kimwe n’abagaba ibitero kuri posisiyo z’abasirikare ba leta, bakica abasirikare ndetse bagasahura n’imitungo y’igihugu.

Gusa, bivugwa ko urubyiruko rwo muri Ituri rurimo gufungwa ku rwego rwo hejuru, ariko kandi nta mubare uzwi w’abantu bamaze gutabwa muri yombi.

Ariko nk’uko bivugwa, gufunga urubyiruko rwo muri Ituri byatangiye kuvaho umutwe wa m23 ugize ibice bimwe byo muri teritwari ya Lubero ufata, ahagana mu mpera z’ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

            MCN.
Tags: bafunzweIturiUbusobanuro

Related Posts

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania
Regional Politics

Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania

September 8, 2026
Inkota yahawe Perezida Kagame na Sultan wa Oman: Umurage w’ibinyejana usobanuye iki ku mubano w’u Rwanda na Oman?
Regional Politics

Inkota yahawe Perezida Kagame na Sultan wa Oman: Umurage w’ibinyejana usobanuye iki ku mubano w’u Rwanda na Oman?

September 8, 2026
U Burundi bwihanangirije Kenya: Umubano w’ibihugu byombi ushobora kuzamo agatotsi kubera Abarundi bari muri Kenya
Regional Politics

U Burundi bwihanangirije Kenya: Umubano w’ibihugu byombi ushobora kuzamo agatotsi kubera Abarundi bari muri Kenya

September 8, 2026
Kenya Yasobanuye Amabwiriza Mashya ku Banyamahanga Bashaka Gukomeza Gukorera Muri Iki Gihugu: Abanyekongo n’Abandi Baturage ba EAC
Regional Politics

Kenya Yasobanuye Amabwiriza Mashya ku Banyamahanga Bashaka Gukomeza Gukorera Muri Iki Gihugu: Abanyekongo n’Abandi Baturage ba EAC

September 8, 2026
Hafidh Ameir Hassan Yari Muntu Ki? Menya Amateka y’Umugabo wa Perezida wa Tanzania Witabye Imana
Regional Politics

Hafidh Ameir Hassan Yari Muntu Ki? Menya Amateka y’Umugabo wa Perezida wa Tanzania Witabye Imana

September 7, 2026
Next Post
Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • La RDC se dirige-t-elle vers une balkanisation complète ? Les avancées de l’AFC/M23 à l’Est et l’échec de Kinshasa à engager le dialogue
  • RDC Yaba Igana kuri Balkanisation Yuzuye? Ibikorwa bya AFC/M23 mu Burasirazuba no Kunanirwa kwa Kinshasa mu Kuganira
  • Imirwano ikomeye yongeye kubura muri Nyamaboko 1 hagati ya FARDC na Wazalendo na AFC/M23
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?