• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hamenyekanye ibyabaye ku ngabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, nyuma y’uko zigabye igitero mu Mikenke.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2025
in Conflict & Security
0
Hamenyekanye ibyabaye ku ngabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, nyuma y’uko zigabye igitero mu Mikenke.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyabaye ku ngabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, nyuma y’uko zigabye igitero mu Mikenke.

You might also like

AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame

Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

Nyuma y’aho ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zigabye ibitero mu duce dutandukanye tuzwi ko dutuwe cyane n’Abanyamulenge two mu misozi miremire y’i Mulenge harimo n’aka Mikenke, amakuru ava yo agaragaza ko muri aka gace ka Mikenke zagatakarijemo abasirikare babo benshi babarirwa mu mirongo.

Aha’rejo ku wa kane tariki ya 28/08/2025, ni bwo ibitero by’ingabo zirimo iza RDC iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR zabigabye mu Mikenke no kuri Kalongi.

Ibi bice byombi bisanzwe bizwi ko bituwe n’Abanyamulenge benshi, aho kandi biri mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe iheruka kugirwa teritware na AFC/M23/MRDP.

Nyuma y’uko turiya duce tugabwemo ibitero, umutwe wa MRDP-Twirwaneho utugenzura ukaba unagenzura hafi igice cyose cy’imisozi miremire y’i Mulenge, wirwanyeho kandi unarwanirira n’abaturage uhashya ingabo za FARDC n’abambari bazo babigabye.

Aya makuru akomeza avuga ko kuri Kalongi, imirwano yahabereye yamaze umwanya muto cyane, bitandukanye n’iyabereye mu Mikenke kuko ho yirije umunsi wose, kuburyo impande zombi zaje gukizwa nu mwijima.

Mu buhamya twahawe n’umwe mu bantu bahatuye, yavuze ko ihuriro ry’ingabo za RDC zahatakarije abasirikare 26, n’abandi benshi barakomereka, ngo kuko bagiye bikoreye ibipoyo byinshi berekeza mu Gipupu ho muri Mibunda aho izi ngabo zaturutse zigaba biriya bitero.

Yagize ati: “Matokeyo y’ejo ku wa kane, uruhande rwa Leta rwatakaje abasirikare 26. Kandi bagiye bikoreye n’ibipoyo byinshi ubwo bari bahunze berekeza mu Gipupu, iyo baturutse bagaba ibi bitero.”

Hejuru y’ibyo, Twirwaneho yafashe n’amasasu menshi n’ibindi bikoresho byagisirikare birimo n’intwaro zitandukanye, nka Mashin Gun n’izindi.

Nubwo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo baraye hafi n’aho Twirwaneho iri, nta mirwano yazindutse ibahuza, usibye amasasu make yumvikaniye mu gace kitwa mu Ngenzi kari mu ntera ngufi cyane uvuye muri centre ya Mikenke.

Nk’uko bivugwa ni uko ayo masasu yarashwe n’uruhande rwa Leta, bikaba byanasobanuwe ko bayarashe nyuma y’uko bari bikanze.

Kugeza ubu Mikenke n’inkengero zayo biracyagenzurwa na MRDP-Twirwaneho, ndetse kandi iranagenzura Minembwe na Rugezi imaze igihe na yo igabwamo ibitero, ariko uru ruhande rwa Leta rubigaba birangira rukubiswe izakabwana maze rugakizwa n’amaguru.

Tags: FDLRIngabo z'u BurundiMikenkeWazalendo
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame

AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame Umuyobozi w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille...

Read moreDetails

Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo

Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo Mu kwezi kwa cumi nabiri 2025, abagore icyenda bapfiriye mu bigo bitandukanye by’ubuvuzi biherereye muri teritware ya...

Read moreDetails

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kuri uyu...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage Abaturage bo duce twa Humura na Rutoboko, turi mu gice cya Nyamaboko ya Mbere, muri grupema...

Read moreDetails

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi...

Read moreDetails
Next Post
The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?