• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibyimbitse ku ntambara iri gutegurwa yo kurwanya Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
August 8, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibyimbitse ku ntambara iri gutegurwa yo kurwanya Abanyamulenge.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyimbitse ku ntambara iri gutegurwa yo kurwanya Abanyamulenge.

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Ni intambara byavuzwe ko iri gutegurwa na depite ku rwego rw’i ntara Justin Bitakwira aho yamaze gukangurira insoresore zo muri Wazalendo muri Kivu y’Amajy’epfo kugira ngo barwanye Twirwaneho.

Twirwaneho ni itsinda ry’abaturage, ahanini bagizwe n’abo mu bwoko bw’Abanyamulenge, aho ryavutse mu rwego rwo kugira ngo barwanirire ubwoko bwabo bwarimo bugabwaho ibitero bigamije kurimbura aba Banyamulenge no kunyaga Inka zabo.

Uwatanze aya makuru kuri Minembwe Capital News yagize ati: “Uvira Maï Maï nyinshi zahagomangiye, zirindiriye ibwiriza ryanyuma bahabwa na Justin Bitakwira, bahite bazamuka imisozi miremire y’Imulenge baje kurwanya Twirwaneho.”

Uyu watanze aya makuru ariko kubw’umutekano we yanga ko amazina ye aja hanze, yanavuze ko muri bamwe ba komanda ba Maï Maï bamaze kugera Uvira ari naho barindiriye Brifing yanyuma kugira ngo bazamukane igitero mu misozi y’i Ndondo, barimo uwitwa Gen John Makanaki, Gen Gashumba n’abandi.

Ni mu gihe Gen Hamuri Yakutumba we yavuzwe i Baraka aho nawe ngwafite abandi barwanyi benshi bose bakaba bafite umupango umwe wo kugaba ibitero ku misozi miremire y’Imulenge ahatuye Abanyamulenge.

Muri gahunda ya Justin Bitakwira ngo ni ukurwanya Twirwaneho iyobowe na Colonel Michelle Rukunda wa mamaye ku izina rya Makanika.

Ibi bibaye nyuma yaho mu byumweru bibiri bishize, bwana Justin Bitakwira yagiye akoresha ibiganiro bya Wazalendo aho byabereye hirya no hino muri teritware ya Uvira na Fizi. Ibi biganiro nk’uko Justin Bitakwira yagiye abitangaza, yavugaga ko bigamije gushakira akarere amahoro(Fizi, Mwenga, Uvira, Walungu n’ahandi).

Ikiganiro cyanyuma cy’ibi biganiro bya Justin Bitakwira cyabereye i Baraka muri Fizi, ndetse kikaba cyarahuriyemo imitwe y’abarwanyi ya Maï Maï igera kuri 20.

Ku rundi ruhande, amakuru amwe yavugaga ko ibyo biganiro bitagamije amahoro ko hubwo Justin Bitakwira agamije gushora intambara ku Banyamulenge.

Bizwi ko uyu mugabo asanzwe agira urwango rubi ku Banyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange.

               MCN.
Tags: ImulengeIntambaraIri gutegurwaJustin BitakwiraMaï Maï
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari umugambi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe kwakira no kugirana ibiganiro na Gen. Dagvin...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro rya CENCO rya gize icyo risaba u Rwanda na RDC ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Ihuriro rya CENCO rya gize icyo risaba u Rwanda na RDC ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?