• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, June 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro rya CENCO rya gize icyo risaba u Rwanda na RDC ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
August 8, 2024
in Regional Politics
0
Ihuriro rya CENCO rya gize icyo risaba u Rwanda na RDC ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro rya CENCO rya gize icyo risaba u Rwanda na RDC ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Umutwe wa Jean-Luc Habyarimana Wongeye Kugarukwaho mu Burasirazuba bwa RDC: Icyo Amakuru Avuga ku Mikoranire n’Amatsinda Ahamaze Igihe Arwanira muri Kivu y’Amajyepfo

L’Angola Critique Indirectement le Projet de Dialogue National de Tshisekedi

Angola Yamaganye Mu Buryo Butaziguye Gahunda ya Tshisekedi yibiganiro by’Abanyekongo

Ni muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 08/08/2024, ihuriro ry’Abepesikopi bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo(CENCO) ryasabye leta y’u Rwanda n’iya Congo Kinshasa, gukora ibishoboka byose bakarangiza intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC bashingiye ku masezerano ibi bihugu biheruka kugirana ubwo bari i Luanda muri Angola mu Cyumweru gishize.

Aya masezerano yavuga ko intambara ibera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, igomba guhagarara kandi bikaba byari biteganijwe ko uwo mwanzuro utangira kubahirizwa guhera tariki ya 04/08/2024.

Ariko kugeza ubu imirwano niyose, kuko guhera ku wa Kane w’i Cyumweru gishize umutwe wa M23 wakomeje kwigarurira ibice byinshi mu buryo budasanzwe, aho uwo mutwe wafashe uduce turenga icumi two muri Grupema ya Binza, ndetse no ku munsi w’ejo hashize uwo mutwe wongeye gufata na gace ka Nyakakoma nyuma y’uko ku cyumweru wari wigaruriye i Shasha n’utundi duce.

Ihuriro rya CENCO binyuze ku itangazo bandikiye ibi bihugu, risaba leta z’ibihugu byombi u Rwanda na Congo Kinshasa, kubahiriza ariya masezerano ndetse kandi bagashira mu ngiro n’ibindi byose baganiriyeho i Luanda bakabiteraho umukono mu nama yari iyobowe na perezida wa Angola, João Lourenço.

Kimweho, nubwo ibi bihugu byashize umukono kuri ayo masezerano yo guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, ariko imirwano ikaba igikomeje, nanone sibwo bwa mbere ibi Bihugu gukora amasezerano nk’aya, kuko hari n’andi atarubahijwe, kandi akaba yaragiye aba mu bihe bitandukanye.

Gusa, CENCO ikaba yasabye yihanangiriza buri ruhande rurebwa na riya masezerano kuzirikana ko byihutirwa ko Abanye-kongo barimo abana n’abagore ndetse n’abagabo bavanwe mu byabo kubera umutekano muke bashaka kubaho nk’abandi bari mu mahoro.

Ndetse kandi iri huriro rya CENCO ryaboneyeho no gusaba abafatanyabikorwa mpuzamahanga gushyigikira ishigwa mu bikorwa ryaya masezerano ku nyungu z’abatutage ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bagize igihe mu kaga k’intambara.

       MCN.
Tags: AmasezeranoCENCOKubahirizaLuandaU Rwanda na Congo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umutwe wa Jean-Luc Habyarimana Wongeye Kugarukwaho mu Burasirazuba bwa RDC: Icyo Amakuru Avuga ku Mikoranire n’Amatsinda Ahamaze Igihe Arwanira muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
June 24, 2026
0
Umutwe wa Jean-Luc Habyarimana Wongeye Kugarukwaho mu Burasirazuba bwa RDC: Icyo Amakuru Avuga ku Mikoranire n’Amatsinda Ahamaze Igihe Arwanira muri Kivu y’Amajyepfo

Umutwe wa Jean-Luc Habyarimana Wongeye Kugarukwaho mu Burasirazuba bwa RDC: Icyo Amakuru Avuga ku Mikoranire n’Amatsinda Ahamaze Igihe Arwanira muri Kivu y’Amajyepfo Mu gihe umutekano ukomeje kuba ikibazo...

Read moreDetails

L’Angola Critique Indirectement le Projet de Dialogue National de Tshisekedi

by Bahanda Bruce
June 24, 2026
0
L’Angola Critique Indirectement le Projet de Dialogue National de Tshisekedi

L’Angola Critique Indirectement le Projet de Dialogue National de Tshisekedi Des informations provenant du processus de médiation angolais indiquent qu’au mois de mai, le président Félix Tshisekedi a...

Read moreDetails

Angola Yamaganye Mu Buryo Butaziguye Gahunda ya Tshisekedi yibiganiro by’Abanyekongo

by Bahanda Bruce
June 24, 2026
0
La Politique de Tshisekedi Peut-Elle Conduire à la Balkanisation de la RDC ? Analyse de l’Orientation de Son Pouvoir et de Ses Conséquences sur l’Unité Nationale

Angola Yamaganye Mu Buryo Butaziguye Gahunda ya Tshisekedi yibiganiro by'Abanyekongo Amakuru aturuka mu rwego rw’ubuhuza bwa Angola agaragaza ko mu kwezi kwa gatanu, Perezida Félix Tshisekedi yoherereje i...

Read moreDetails

Tshisekedi et Ndayishimiye Réaffirment leur Coopération Militaire dans l’Est de la RDC ; les Combats à Minembwe et la Question des FDLR Restent au Centre des Préoccupations

by Bahanda Bruce
June 24, 2026
0
Perezida Ndayishimiye i Kinshasa mu Ruzinduko rw’Iminsi Ibiri: Ibiganiro ku Mutekano wa RDC, Minembwe n’Ibibazo bya Politiki Bihanzwe Amaso

Tshisekedi et Ndayishimiye Réaffirment leur Coopération Militaire dans l’Est de la RDC ; les Combats à Minembwe et la Question des FDLR Restent au Centre des Préoccupations Alors...

Read moreDetails

Tshisekedi na Ndayishimiye Bashimangiye Ubufatanye bwa Gisirikare mu Burasirazuba bwa RDC; Intambara zo muri Minembwe n’Ikibazo cya FDLR Bikomeje Kuba Ingingo Nkuru

by Bahanda Bruce
June 24, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yitezwe i Kinshasa mu Gihe Ingabo Ze Zikomeje Gutakariza Ubuzima mu Mirwano Zashoye ku Banyamulenge: Byinshi ku Ruzinduko Rwe n’Ibyitezwe mu Biganiro na Tshisekedi

Tshisekedi na Ndayishimiye Bashimangiye Ubufatanye bwa Gisirikare mu Burasirazuba bwa RDC; Intambara zo muri Minembwe n’Ikibazo cya FDLR Bikomeje Kuba Ingingo Nkuru Mu gihe abayobozi ba Repubulika Iharanira...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bategetsi bakomeye muri RDC, yavuze ku by’uburwayi bwa Tshisekedi.

Umwe mu bategetsi bakomeye muri RDC, yavuze ku by'uburwayi bwa Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?