• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibyo Gen.Gasita arimo gusaba ubuyobozi bwa FARDC.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibyo Gen.Gasita arimo gusaba ubuyobozi bwa FARDC.
216
SHARES
5.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyo Gen.Gasita arimo gusaba ubuyobozi bwa FARDC.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Nyuma y’aho umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ufashe umujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ihuriro ry’Ingabo za Congo zari muri uwo mujyi zahungiye i Uvira, bityo na Brigadier General Olivier Gasita wari mubasirikare bakuru b’iryo huriro nawe yahungiye muri iki gice, ariko nyuma aza kwerekeza i Kisangani, kuri ubu biravugwa ko ari i Kinshasa aho arimo gusaba guhindurirwa imirimo, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ubwo umujyi wa Bukavu wigarurirwaga na m23 tariki ya 16/02/2025, Brig.Gen. Gasita Olivier yari yungirije ukuriye iperereza ry’igisirikare ku rwego rw’i ntara ya Kivu y’Epfo. Zari inshingano yari amazemo igihe gito cyane.

Ni mu gihe kandi na Lt.Gen.Pacifique Masunzu yariyahawe kuyobora zone ya gatatu y’ingabo za Congo ikuriye intara zitandatu muri RDC, muri izi ntara harimo n’iya ya Kivu y’Amajyepfo.

Nyuma y’aho m23 ifashe i Bukavu, aba basirikare bombi bakomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge bakaba bafite amapeti yo hejuru bahungiye i Uvira mbere yuko berekeza i kisangani.

Ariko nk’uko amasoko yacu akomeza abivuga nuko mu cyumweru gishize General Gasita yavuye i kisangani ahasiga Masunzu ufite munshingano ze zone ya gatatu y’ingabo za Fardc yerekeza i Kinshasa.

Bikavugwa ko uyu musirikare yagiye gusaba ubuyobozi bwa FARDC kumutuma ahandi kugira ngo akomeze akorera Leta y’i Kinshasa.

Ndetse aya makuru ahamya ko yatumwe i Kindu mu ntara ya Manyema, ariko ko kugeza ubu akiri i Kinshasa aho arimo gutegura kwerekeza muri iki gice yatumwemo ngo akomeze imirimo y’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nyamara nubwo Leta y’i Kinshasa irimo abasirikare bafite amapeti yo hejuru bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ariko ntibibuza ko abo mu bwoko bwabo bicwa kandi bakicwa n’ingabo z’iki gihugu.

Akenshi ingabo z’iki gihugu zica Abanyamulenge zibinyujije mu mitwe yitwaje intwaro nka Mai-Mai na FDLR. Ni mu gihe iyo mitwe igaba ibitero kuri bo bigasiga bibishe ubundi bikanyaga ibyabo nk’amatungo y’inka n’ibindi.

Ndetse n’ejo ku wa gatatu tariki ya,02/04/2025, ibitero by’aba barwanyi bashigikiwe n’ingabo za Leta ya Congo byagabwe mu nkengero za komine ya Minembwe. Aha akaba ari uruhande rwa majy’epfo ashyira uburengerazuba bwa Minembwe.

Nk’uko bizwi ibyo bice biherereyemo imihana y’Abanyamulenge, usibye n’icyo ni nayo baragirira Inka zabo.

Tags: FardcGasitaKinduMasunzu
Share86Tweet54Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Ibihugu birimo u Rwanda na RDC birimubyo perezida Trump yadohoreye.

Ibihugu birimo u Rwanda na RDC birimubyo perezida Trump yadohoreye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?