• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 15, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibyo Gen.Gasita arimo gusaba ubuyobozi bwa FARDC.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibyo Gen.Gasita arimo gusaba ubuyobozi bwa FARDC.
217
SHARES
5.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyo Gen.Gasita arimo gusaba ubuyobozi bwa FARDC.

Nyuma y’aho umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ufashe umujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ihuriro ry’Ingabo za Congo zari muri uwo mujyi zahungiye i Uvira, bityo na Brigadier General Olivier Gasita wari mubasirikare bakuru b’iryo huriro nawe yahungiye muri iki gice, ariko nyuma aza kwerekeza i Kisangani, kuri ubu biravugwa ko ari i Kinshasa aho arimo gusaba guhindurirwa imirimo, nk’uko amasoko yacu abivuga.

READ ALSO

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

Ubwo umujyi wa Bukavu wigarurirwaga na m23 tariki ya 16/02/2025, Brig.Gen. Gasita Olivier yari yungirije ukuriye iperereza ry’igisirikare ku rwego rw’i ntara ya Kivu y’Epfo. Zari inshingano yari amazemo igihe gito cyane.

Ni mu gihe kandi na Lt.Gen.Pacifique Masunzu yariyahawe kuyobora zone ya gatatu y’ingabo za Congo ikuriye intara zitandatu muri RDC, muri izi ntara harimo n’iya ya Kivu y’Amajyepfo.

Nyuma y’aho m23 ifashe i Bukavu, aba basirikare bombi bakomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge bakaba bafite amapeti yo hejuru bahungiye i Uvira mbere yuko berekeza i kisangani.

Ariko nk’uko amasoko yacu akomeza abivuga nuko mu cyumweru gishize General Gasita yavuye i kisangani ahasiga Masunzu ufite munshingano ze zone ya gatatu y’ingabo za Fardc yerekeza i Kinshasa.

Bikavugwa ko uyu musirikare yagiye gusaba ubuyobozi bwa FARDC kumutuma ahandi kugira ngo akomeze akorera Leta y’i Kinshasa.

Ndetse aya makuru ahamya ko yatumwe i Kindu mu ntara ya Manyema, ariko ko kugeza ubu akiri i Kinshasa aho arimo gutegura kwerekeza muri iki gice yatumwemo ngo akomeze imirimo y’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nyamara nubwo Leta y’i Kinshasa irimo abasirikare bafite amapeti yo hejuru bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ariko ntibibuza ko abo mu bwoko bwabo bicwa kandi bakicwa n’ingabo z’iki gihugu.

Akenshi ingabo z’iki gihugu zica Abanyamulenge zibinyujije mu mitwe yitwaje intwaro nka Mai-Mai na FDLR. Ni mu gihe iyo mitwe igaba ibitero kuri bo bigasiga bibishe ubundi bikanyaga ibyabo nk’amatungo y’inka n’ibindi.

Ndetse n’ejo ku wa gatatu tariki ya,02/04/2025, ibitero by’aba barwanyi bashigikiwe n’ingabo za Leta ya Congo byagabwe mu nkengero za komine ya Minembwe. Aha akaba ari uruhande rwa majy’epfo ashyira uburengerazuba bwa Minembwe.

Nk’uko bizwi ibyo bice biherereyemo imihana y’Abanyamulenge, usibye n’icyo ni nayo baragirira Inka zabo.

Tags: FardcGasitaKinduMasunzu

Related Posts

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Next Post
Ibihugu birimo u Rwanda na RDC birimubyo perezida Trump yadohoreye.

Ibihugu birimo u Rwanda na RDC birimubyo perezida Trump yadohoreye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Kinshasa Hateganyijwe Imyigaragambyo Simusiga: Ambasade y’u Bubiligi Yaburiye Abaturage Bayo — Ibindi Byose Muri Iyi Nkuru
  • Inkongi Yahitanye Abanyeshuri i Bukavu: Nangaa n’Abayobozi ba AFC-M23 Bitabiriye Umuhango wo Kubasezeraho
  • Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?