• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, June 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibyo Gen.Gasita arimo gusaba ubuyobozi bwa FARDC.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibyo Gen.Gasita arimo gusaba ubuyobozi bwa FARDC.
217
SHARES
5.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyo Gen.Gasita arimo gusaba ubuyobozi bwa FARDC.

You might also like

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere

Nyuma y’aho umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ufashe umujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ihuriro ry’Ingabo za Congo zari muri uwo mujyi zahungiye i Uvira, bityo na Brigadier General Olivier Gasita wari mubasirikare bakuru b’iryo huriro nawe yahungiye muri iki gice, ariko nyuma aza kwerekeza i Kisangani, kuri ubu biravugwa ko ari i Kinshasa aho arimo gusaba guhindurirwa imirimo, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ubwo umujyi wa Bukavu wigarurirwaga na m23 tariki ya 16/02/2025, Brig.Gen. Gasita Olivier yari yungirije ukuriye iperereza ry’igisirikare ku rwego rw’i ntara ya Kivu y’Epfo. Zari inshingano yari amazemo igihe gito cyane.

Ni mu gihe kandi na Lt.Gen.Pacifique Masunzu yariyahawe kuyobora zone ya gatatu y’ingabo za Congo ikuriye intara zitandatu muri RDC, muri izi ntara harimo n’iya ya Kivu y’Amajyepfo.

Nyuma y’aho m23 ifashe i Bukavu, aba basirikare bombi bakomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge bakaba bafite amapeti yo hejuru bahungiye i Uvira mbere yuko berekeza i kisangani.

Ariko nk’uko amasoko yacu akomeza abivuga nuko mu cyumweru gishize General Gasita yavuye i kisangani ahasiga Masunzu ufite munshingano ze zone ya gatatu y’ingabo za Fardc yerekeza i Kinshasa.

Bikavugwa ko uyu musirikare yagiye gusaba ubuyobozi bwa FARDC kumutuma ahandi kugira ngo akomeze akorera Leta y’i Kinshasa.

Ndetse aya makuru ahamya ko yatumwe i Kindu mu ntara ya Manyema, ariko ko kugeza ubu akiri i Kinshasa aho arimo gutegura kwerekeza muri iki gice yatumwemo ngo akomeze imirimo y’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nyamara nubwo Leta y’i Kinshasa irimo abasirikare bafite amapeti yo hejuru bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ariko ntibibuza ko abo mu bwoko bwabo bicwa kandi bakicwa n’ingabo z’iki gihugu.

Akenshi ingabo z’iki gihugu zica Abanyamulenge zibinyujije mu mitwe yitwaje intwaro nka Mai-Mai na FDLR. Ni mu gihe iyo mitwe igaba ibitero kuri bo bigasiga bibishe ubundi bikanyaga ibyabo nk’amatungo y’inka n’ibindi.

Ndetse n’ejo ku wa gatatu tariki ya,02/04/2025, ibitero by’aba barwanyi bashigikiwe n’ingabo za Leta ya Congo byagabwe mu nkengero za komine ya Minembwe. Aha akaba ari uruhande rwa majy’epfo ashyira uburengerazuba bwa Minembwe.

Nk’uko bizwi ibyo bice biherereyemo imihana y’Abanyamulenge, usibye n’icyo ni nayo baragirira Inka zabo.

Tags: FardcGasitaKinduMasunzu
Share87Tweet54Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

by Bahanda Bruce
June 14, 2026
0
U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu Guverinoma y’u Bubiligi yagaragaje impungenge zikomeye nyuma y’imyigaragambyo yabereye mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi Mu mateka y’ubukungu bw’isi, ku nshuro ya mbere habonetse umuntu ku...

Read moreDetails

Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere

Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere Mu gihe impaka zikomeje gufata indi ntera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bijyanye...

Read moreDetails

Grandes manifestations à Kinshasa : déroulement, origines et lourdes implications politiques pour la RDC

by Bahanda Bruce
June 12, 2026
0
Grandes manifestations à Kinshasa : déroulement, origines et lourdes implications politiques pour la RDC

Grandes manifestations à Kinshasa : déroulement, origines et lourdes implications politiques pour la RDC La capitale de la République démocratique du Congo (RDC), Kinshasa, s’est réveillée ce vendredi...

Read moreDetails

Rwanda Strongly Rejects HRW Report, Calls for an Impartial Assessment of the Conflict in the DRC

by Bahanda Bruce
June 12, 2026
0
Rwanda Strongly Rejects HRW Report, Calls for an Impartial Assessment of the Conflict in the DRC

Rwanda Strongly Rejects HRW Report, Calls for an Impartial Assessment of the Conflict in the DRC As insecurity in the eastern part of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails
Next Post
Ibihugu birimo u Rwanda na RDC birimubyo perezida Trump yadohoreye.

Ibihugu birimo u Rwanda na RDC birimubyo perezida Trump yadohoreye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?