• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibyo Red-Tabara yafatiye mu gitero gikaze yagabye ku ngabo z’u Burundi mu Mibunda.

minebwenews by minebwenews
November 26, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibyo Red-Tabara yafatiye mu gitero gikaze yagabye ku ngabo z’u Burundi mu Mibunda.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyo Red-Tabara yafatiye mu gitero gikaze yagabye ku ngabo z’u Burundi mu Mibunda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bikubiye mu itangazo umutwe wa Red-Tabara washyize hanze, aho wigambye kwivugana ba ofisiye icyenda bo mu ngabo z’u Burundi zibarizwa muri Kivu y’Amajy’epfo, unafata ibikoresho byinshi bya gisirikare birimo imbunda n’amasasu.

Itangazo rya Red-Tabara ryagiye hanze ku mugoroba wo ku wa mbere, tariki ya 25/11/2024, rimenyesha ko abasirikare b’u Burundi bapfuye ubwo uyu mutwe wabagabagaho igitero ahitwa Tabunde.

Tabunde ni agace kamwe muri twinshi tugize akarere ka Mibunda ho muri teritware ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Red-Tabara, nk’uko yabisobanuye, aka gace yagabyemo igitero niko ingabo z’u Burundi zateguriragamo ibikorwa byagisirikare.

Ikomeza ivuga ko icyo gitero cyasize, umusirikare ufite ipeti rya Colonel utatangajwe amazina, yakiguyemo, apfana n’abandi ba ofisiye icyenda.

Ikindi n’uko iki gitero, uyu mutwe wagifatiyemo imbunda zirenga 50 zo mu bwoko bwa machine gun, n’izindi mbunda nto ndetse n’ibindi bikoresho bya gisirikare birimo n’ibyutumanaho.
Inavuga ko yafashe inyandiko nyinshi bariya ba ofisiye bataye. Zikaba zikirimo gusesengurwa.

Red-Tabara yanashyize hanze amafoto n’imbunda nyinshi, amasasu n’ibikoresho byinshi by’itumanaho bafashe.

Iki gitero kije gikurikira imirwano ikomeye yagiye iba mu minsi mike ishize, hagati y’uyu mutwe wa Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi zifatanyije n’iza RDC. Iyi mirwano ikaba yaragiye ibera muri ibi bice byo muri teritware ya Mwenga mu misozi miremire y’Imulenge.

Tags: Ibikoresho byagisirikareMibundaRed-TabaraTabunde
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Karidinali Ambongo uri i Kigali mu Rwanda, yagize icyo asaba u Rwanda, RDC n’u Burundi.

Karidinali Ambongo uri i Kigali mu Rwanda, yagize icyo asaba u Rwanda, RDC n'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?