• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Karidinali Ambongo uri i Kigali mu Rwanda, yagize icyo asaba u Rwanda, RDC n’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
November 26, 2024
in Regional Politics
0
Karidinali Ambongo uri i Kigali mu Rwanda, yagize icyo asaba u Rwanda, RDC n’u Burundi.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Karidinali Ambongo uri i Kigali mu Rwanda, yagize icyo asaba u Rwanda, RDC n’u Burundi.

Karidinali Flidorin Ambongo, umushumba wa Arikiyepiskopi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, wageze mu Rwanda ahar’ejo tariki ya 25/11/2024, maze asaba abayobozi b’u Rwanda , Repubulika ya demokarasi ya Congo n’ubu Burundi guhagarika intambara ahubwo bagashaka amahoro n’umutekano.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Aha mu Rwanda, Karidinali Flidorin Ambongo yitabiriye inama y’ihuriro ry’Abepiskopi muri Afrika na Madagascar (SECAM) asanzwe abereye umuyobozi mukuru.

Uyu muyobozi yageze i Kigali mu gihe u Rwanda na Congo Kinshasa bifitanye amakimbirane ahanini ashyingiye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Iy’i ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC inarimo n’ingabo z’u Burundi nabwo bumaze hafi umwaka budacana uwaka n’u Rwanda, kubera ibibazo bya politiki bimaze imyaka ikabakaba ku icumi byaravutse.

Mu kiganiro bwana Karidinali Flidorin Ambongo yagiranye n’igitangaza makuru rya Gatolika mu Rwanda , yavuze ko intambara ziriho ari zo zangije umubano w’ibihugu byo mu karere.

Yagize ati: “Murabizi Afrika ni wo mugabane ukomeje kugaragaraho intambara nyinshi. By’u mwihariko mu karere k’ibiyaga bigari ahari intambara yangije umubano hagati ya za leta zigize ibihugu byo mu biyaga bigari.”

Yavuze ko kandi nubwo za leta zifitanye amakimbirane muri aka karere, ariko ko Kiliziya ihamya ko abaturage b’ibi bihugu nta kibazo bafitanye.

Ati: “Ushobora kuva mu Rwanda ukajya mu Burundi, ukajya muri RDC ukibonera uko hagati y’abaturage nta makimbirane bafitanye.”

Aha yahise anasaba abakuru b’ibihugu byo mu karere guhagarika intambara bagaharanira amahoro.

Yagize ati: “Twebwe nk’Abashumba, ubutumwa twifuza gutanga ni uko abaturage b’ibi bihugu uko ari bitatu, bakenera amahoro. Tukaba dusaba abayobozi kubaka amahoro arambye kugira ngo abaturage batekane kandi bikorera imirimo yabo nta kibahutaza.”

Yanashimangiye ko ubu butumwa Kiliziya itanga yizeye ko umunsi umwe buzagira umusaruro, nubwo muri iki gihe bamwe mu bayobozi bigaragara ko batiteguye kubuha agaciro.

Tags: AmakimbiraneBurundiFridoline AmbongoKardinalRdcRwanda

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje icyo kigiye gukora vuba, kinanyomoza ibyo Red-Tabara iheruka kukivugaho.

Igisirikare cy'u Burundi cyatangaje icyo kigiye gukora vuba, kinanyomoza ibyo Red-Tabara iheruka kukivugaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?