• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hamenyekanye icyatumye Wazalendo basubiranamo na FARDC i Uvira.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2025
in Conflict & Security
0
Goma: Igitero FARDC n’abambari bayo baraye bagabye kuri AFC/M23, yakibahereyemo isomo rikomeye.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye icyatumye Wazalendo basubiranamo na FARDC i Uvira.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC) zasubiranyemo n’ihuriro rya Wazalendo nyuma y’aho FARDC yishe umwe mu bakomanda wo muri iri huriro rya Wazalendo.

Wazalendo ni ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro y’Abanye-kongo, ahanini igwiriyemo abavuye muri Mai Mai n’indi iyishamikiyeho.

Ubwo umutwe wa M23 wuburaga imirwano mu mpera z’umwaka wa 2021, ni bwo iriya mitwe yishyize hamwe mu cyiswe Wazalendo ifatikanya n’ingabo z’iki gihugu kurwanya uyu mutwe wa M23.
Gusa ntacyo byafashije kuko uyu mutwe wakomeje kuzengereza ubutegetsi bw’i Kinshasa. Kandi ukomeza no kwigarurira ibice byinshi birimo ko wafashe n’imijyi ikomeye irimo uwa Goma n’uwa Bukavu mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Uko uyu mutwe ukomeza kwagura ibirindiro byawo, ni nako ririya huriro rya Wazalendo risubiranamo na FARDC.

Hari amakuru yagiye atangwa n’inzego z’umutekano za Congo agaragaza ko Wazalendo gusubiranamo kwayo n’ingabo z’iki gihugu, ahanini biva kukuba buri ruhande rushinja urwabo kuba nyiribayazana wo kwamburwa ibirindiro bikigarurirwa na M23. Kuko isubiranamo ry’izi mpande zombi byatangiye kuva mu myaka ibiri ishyize.

Ni muri ubwo buryo no muri iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane tariki ya 24/04/2025, izi mpande zombi zaraye zirwanye i Uvira, nyuma y’aho FARDC yarimaze kwica umwe mu bakomanda wo muri Wazalendo.

Amakuru akavuga ko uwo mukomanda FARDC yamwishe imusanze aho yakoreraga mu mujyi wa Uvira.

Ni amakuru akomeza avuga ko mbere yuko uwo mukomanda yicwa, FARDC yabanje gusaba Wazalendo kuva muri Uvira bakajya mu misozi ya Uvira, ngo kuko ari bo bahateza umutekano muke, kandi ko kuhaguma kwabo bishobora gutuma M23 ihigarurira. Ibi Wazalendo barabyanze akaba ari nayo nkomoko y’imirwano igikomeje n’ubu.

Ubuhamya bugira buti: “Imirwano n’aka kanya irimo kuba. Turi kumva imbunda mu mujyi rwagati wa Uvira.”

Ubuhamya bukomeza bugira buti: “Imirwano yatangiye nyuma y’aho FARDC yishe umukomando wo muri Wazalendo. Yamwishe mu ijoro.”

Iyi mirwano yo gusubiranamo kwa Wazalendo na FARDC, ije ikurikira indi iheruka mu mpera z’ukwezi gushize, aho yo ari Wazalendo basubiranyemo ubwabo bonyine. Kuko harwanaga uruhande ruyobowe na Makanaki n’uruyobowe na Rene.

Iki gice cya Uvira barwaniramo, n’icyo cyimuriwemo ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yuko M23 ifashe umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara.

Tags: BasubiranyemoFardcUviraWazalendo
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yatangije operasiyo idasanzwe ku ihuriro ry’ingabo za Congo.

Gira ibyo umenya ku mitego RDC yagiye itega AFC/M23 na yo ikayivumbura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?