• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gira ibyo umenya ku mitego RDC yagiye itega AFC/M23 na yo ikayivumbura.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 yatangije operasiyo idasanzwe ku ihuriro ry’ingabo za Congo.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gira ibyo umenya ku mitego RDC yagiye itega AFC/M23 na yo ikayivumbura.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ibiganiro by’imishikirano by’ihuriro rya AFC/M23 n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bibera i Doha muri Qatar, byagiye bigira imbogamizi bitewe nuko impande zombi haribyo zitahurizaga hamwe.

Impamvu yo guhagarara kw’ibi biganiro yavuye kukuba RDC yarafunguye abantu batanu batari ku rutonde rw’abo AFC/M23 yasabaga ko bafungurwa mu rwego rwo kugaragaza ko ubutegetsi bw’iki gihugu bushaka kumvikana nayo.

AFC/M23 ivuga ko abo Leta y’i Kinshasa yafunguye ari abakekwaho gukorana na murumuna wa Corneille Nangaa (umuyobozi wa AFC), Christophe Baseane Nangaa, wahoze ari guverineri w’i ntara ya Hau-Uele.

Gufungurwa kw’abantu bari ku rutonde AFC/M23 yashyikirije umuhuza ari we igihugu cya Qatar kwari gushingiye ku kuba iri huriro ryarakuye abarwanyi baryo mu mujyi wa Walikale no mu bindi bice bihana imbibi.

Rero, byageze ku wa 22/04/2025 RDC na AFC/M23 bitarumvikana ku magambo akwiye kwandikwa muri raporo y’ibiganiro bimaze iminsi bibera muri Qatar.

Kinshasa yifuza ko muri iyi raporo handikwa ko impande zombi zumvikanye ku ngingo runaka nyuma y’inama yahurije i Doha perezida Felix Tshisekedi wa Congo na perezida Paul Kagame w’u Rwanda, tariki ya 18/03/2025.

AFC/M23 yabonye ko kongera amazina y’abakuru b’ibihugu muri iyi raporo byari kugaragaza ko AFC/M23 ifite aho ihuriye n’amakimbirane amaze igihe kirekire hagati y’u Rwanda na RDC.

Iri huriro rya AFC/M23 ryagaragaje ko ikibazo cyaryo ntaho gihuriye n’u Rwanda, risobanura ko rifite ibyifuzo byaryo kuri Leta ya Congo, cyane ko rigizwe n’abanye-kongo.

RDC kandi yasabaga ko muri iyo raporo handikwa ko yo na AFC/M23 bisaba imitwe yitwaje intwaro yose kurambika intwaro hasi, ariko na byo iri huriro ryarabyanze, rigaragaza ko haba harimo kujijisha.

AFC/M23 yagaragaje ko n’ubusanzwe, ingabo za Congo zikorana n’imitwe yitwaje intwaro yose yibumbiye mu ihuriro rya Wazalendo, bityo ko bishobora kwitwa ko yasenyutse ariko igikorera muri Leta.

Ubwo AFC/M23 yatangazaga ko igiye gukura abarwanyi mu mujyi wa Walikale, yasabye abawutuye kwishyira kuri gahunda kugira ngo birindire umutekano. Iburira n’ ihuriro ry’ingabo za Congo ko niriyigabaho ibitero, izawisubiza.

Ingabo za Congo n’imitwe ya Wazalendo byatangiye kugenzura umujyi wa Walikale n’ibindi bice bihana imbibi ubwo AFC/M23 yabivagamo, byigamba ko byatsinze urugamba, byirukana umwanzi.

Kuva ku gicamunsi cyo ku wa 22/04/2025, imirwano yubuye mu gace ka Kibati gaherereye muri teritware ya Walikale, ku muhanda ugana mu bindi bice birimo n’umujyi wa Walikale.

Umuvugizi w’igisirikare cya RDC muri zone ya gatatu, Major Nestor Mavudisa, yatangaje ko abasirikare babo bari gukomeza ibirindiro mu rwego rwo gukumira AFC/M23 mu gihe yageragezaga kwisubiza ibice yavuyemo.

Hari ubwoba bwuko nyamu y’aho ibiganiro byaberaga muri Qatar bihagaze, imirwano ishobora gufata intera ndende cyane ko buri ruhande ruvugwaho kwitegura intambara, haba mu buryo bw’ubwirinzi no kwagura ibirindiro.

Tags: AFC/m23ImitegoQatarRdc
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Goma: Igitero FARDC n’abambari bayo baraye bagabye kuri AFC/M23, yakibahereyemo isomo rikomeye.

FARDC Clashes with Wazalendo Coalition in Uvira After killing commender, Escalating Tensions in Eastern Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?