• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, December 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hamenyekanye icyo abaturage bari gukora nyuma y’aho m23 ifashe umujyi wa Walikale.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Hamenyekanye icyo abaturage bari gukora nyuma y’aho m23 ifashe umujyi wa Walikale.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye icyo abaturage bari gukora nyuma y’aho m23 ifashe umujyi wa Walikale.

You might also like

Sange mu Gahinda: FARDC Irashinjwa Kwica Abasivili mu Mirwano Yahindutse Ubwicanyi

RDC: Lt.Gen. Masunzu Ashobora Gufungwa Burundu Cyangwa Akirukanwa mu Gisirikare

Sange Mu Rujijo: Amasasu Menshi Yumvikanye Mu Gace Gahanzwe Amaso

Abaturage benshi bakomeje kwisuka muri centre ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demokarasi ya Congo nyuma y’aho higaruriwe n’umutwe wa m23.

Walikale centre iherereye ku muhanda wa RN3 uva i Bukavu ugakomeza mu burengerazuba, iyi centre iri mu ntera y’i birometero 400 uvuye mu mujyi wa Kisangani wo mu ntara ya Tshopo.

Ahagana tariki ya 20/03/2025, ni bwo m23 yafashe Walikale centre nyuma yo kuyirukanamo ingabo za Congo n’abambari bazo.

Imirwano uyu mutwe warwanye yo gufata iki gice yayitangiye mu cyumweru gishize, kuko nibwo abarwanyi b’uyu mutwe batangiye gufata inkengero zayo, zirimo Kashebere, Mpofi na Mubanda.

Ubwo uyu mutwe wafataga Walikale centre, abaturage barahunze berekeza mu bice bigenzurwa n’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa.

Ariko amakuru ava muri ibyo bice arahamya ko bariya baturage bose bari barahunze bongeye kugaruka mu ngo no mu masambu yabo aha muri centre ya Walikale.

Ni mu gihe izi ngabo za Leta zatsinzwe ruriya rugamba rwo muri centre ya Walikale, ari zo zagize uruhare mu busahuzi no gufata abagore ku ngufu, nk’uko byatangajwe na sosiyete sivili ya Walikale.

Ubwo bugizi bwa nabi bwakorewe cyane abaturage bari ahitwa i Mubi, Ndjingala, Logu, Biruwe, Makana na Kangama, kugeza ku mupaka uhuza intara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iya Manyema.

Ubundi kandi ubuyobozi bw’umutwe wa m23 bwasabye abahunze gutaha no gusubukura ibikorwa bibateza imbere, bubizeza ko ibice uyu mutwe ugenzura bifite umutekano kurusha ibigenzurwa n’ingabo za Congo.

Iyi teritware ya Walikale yibitseho ubutunzi kamere bwiganjemo cyane cyane amabuye y’agaciro, arimo Tin/Etain , izwiho gukora ibyuma byihariye bikoreshwa mu gukora ibintu bitandukanye.

Zikora kandi za bateri, za telephone, ibyuma by’imodoka, ibirahure by’imodoka, utwuma tw’ubuvuzi bwamenyo n’ibindi.

Mbere gato yuko uyu mutwe ufata Walikale centre, ikompanyi ya Alphamin, imwe mu zicukura Tin/Etain zikomeye ku isi yahagaritse by’agateganyo ibikorwa byayo mu birombe biri ahitwa Bisie muri Walikale.

Tags: AbaturageguhungukaWalikale
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Sange mu Gahinda: FARDC Irashinjwa Kwica Abasivili mu Mirwano Yahindutse Ubwicanyi

by Bahanda Bruce
December 8, 2025
0
Sange mu Gahinda: FARDC Irashinjwa Kwica Abasivili mu Mirwano Yahindutse Ubwicanyi

Sange mu Gahinda: FARDC Irashinjwa Kwica Abasivili mu Mirwano Yahindutse Ubwicanyi Amakuru akomeje kuva mu kibaya cya Rusizi, mu gace ka Sange gaherereye muri teritware ya Uvira mu...

Read moreDetails

RDC: Lt.Gen. Masunzu Ashobora Gufungwa Burundu Cyangwa Akirukanwa mu Gisirikare

by Bahanda Bruce
December 8, 2025
0
Auto Draft

RDC: Lt.Gen. Masunzu Ashobora Gufungwa Burundu Cyangwa Akirukanwa mu Gisirikare Amakuru yizewe yemeza ko Lieutenant General Pacifique Masunzu, umwe mu basirikare bakuru bafite izina rikomeye muri FARDC, afungiye...

Read moreDetails

Sange Mu Rujijo: Amasasu Menshi Yumvikanye Mu Gace Gahanzwe Amaso

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Sange Mu Rujijo: Amasasu Menshi Yumvikanye Mu Gace Gahanzwe Amaso

Sange Mu Rujijo: Amasasu Menshi Yumvikanye Mu Gace Gahanzwe Amaso Amakuru mashya aturuka muri Sange, mu kibaya cya Rusizi, mu birometero birenga 30 uvuye mu mujyi wa Uvira,...

Read moreDetails

AFC/M23 Yateye Indi Ntambwe Ikomeye, Ifata Lubirizi Ikomeza Kwagura Uduce Igenzura muri Uvira

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
AFC/M23 Yateye Indi Ntambwe Ikomeye, Ifata Lubirizi Ikomeza Kwagura Uduce Igenzura muri Uvira

AFC/M23 Yateye Indi Ntambwe Ikomeye, Ifata Lubirizi Ikomeza Kwagura Uduce Igenzura muri Uvira Amakuru mashya aturuka mu kibaya cya Rusizi muri teritware ya Uvira, mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails

AFC/M23 Yongeye Gusaba u Burundi Gukura Ingabo Zabwo muri RDC, Ivuga ko Zibangamiye Umutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
AFC/M23 Yongeye Gusaba u Burundi Gukura Ingabo Zabwo muri RDC, Ivuga ko Zibangamiye Umutekano w’Akarere

AFC/M23 Yongeye Gusaba u Burundi Gukura Ingabo Zabwo muri RDC, Ivuga ko Zibangamiye Umutekano w’Akarere Umutwe wa AFC/M23 wongeye gusaba Leta y’u Burundi gukura ingabo zabwo mu burasirazuba...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw'i Kinshasa watangaje agahenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?