• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye igihano gikakaye cyahawe Umzalendo uheruka kwica umunyeshuri i Goma.

minebwenews by minebwenews
September 20, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye igihano gikakaye cyahawe Umzalendo uheruka kwica umunyeshuri i Goma.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye igihano gikakaye cyahawe Umzalendo uheruka kwica umunyeshuri i Goma.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Umzalendo wishe arashe umunyeshuri Christian Bahire wigaga kuri institut de Mugara, urukiko rwa gisirikare ruherereye muri teritware ya Nyiragongo muri Kivu Yaruguru, ku wa gatatu tariki ya 18/09/2024 rwa mukatiye igihano cy’urupfu.

Uyu mzalendo wakoze iryo hano, anakatirwa urwo gupfa, yitwa David Biyohike, nk’uko iy’inkuru tuyikesha amasoko yacu atandukanye yo muri ibyo bice.Aya masoko anavuga ko “icyemezo cyatangarijwe ahaberaga urubanza muri Munigi ho muri Cheferie ya Bukumu, muri teritware ya Nyiragongo. Iki gihano cyiyongeraho imyaka icumi y’imirimo y’agahato kubera gupfusha ubusa amasasu agenewe intambara.

Sibyo byonyine, kuko urukiko rwanatse uyu Mzalendo, David amande ya miliyoni isaga 69 y’amafaranga ya manye-kongo, bamutegeka kuyishyura ku muryango wasizwe kubera akababaro yawuteye no ku wishyura amafaranga yo gushyingura.

Ibyo bikaba byarabaye mu gihe umwuka mubi wari ukomeje gututumba hagati y’abaturage na Wazalendo nyuma yurupfu rw’uyu munyeshuri wishwe arashwe abandi babiri barakomeretswa. Kandi bakomerekeye muri icyo gikorwa.

             MCN.
Tags: Cy'urupfuUheruka kwicaUmunyeshuri Christian BahireUmzalendoYakatiwe igihano
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Israel cyakoze ibitero bidasanzwe ku birindiro bya Hezbollah muri Libani.

Igisirikare cya Israel cyakoze ibitero bidasanzwe ku birindiro bya Hezbollah muri Libani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?