• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Igisirikare cya Israel cyakoze ibitero bidasanzwe ku birindiro bya Hezbollah muri Libani.

minebwenews by minebwenews
September 20, 2024
in World News
0
Igisirikare cya Israel cyakoze ibitero bidasanzwe ku birindiro bya Hezbollah muri Libani.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Israel cyakoze ibitero bidasanzwe ku birindiro bya Hezbollah muri Libani.

Ni bikubiye mu itangazo igisirikare cya Israel cyashyize hanze rivuga ko ingabo zabo zagabye ibitero ku birindiro birindwi by’abarwanyi ba Hezbollah muri Libani. Israel kandi yatangaje n’itabwa muri yombi ry’umuturage wayo ukekwaho kugira uruhare mu mugambi wa Iran wo gushaka guhitana bamwe mu bayobozi b’ikigihugu.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Muri iryo tangazo rya Israel ryashyizwe hanze, abategetsi bavuga ko uwatawe muri yombi ni umucuruzi ufite abantu akorana na bo muri Turukiya, kandi umaze kwitabira inama 2 muri Irani. Iri tangazo rivuga ko bamwe mu bari bagambiriwe guhitanwa barimo na minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu na minisitiri w’ingabo, Yoav Gallant. Rikomeza rivuga ko ukekwaho uruhare rwo gucura uwo mugambi yatawe muri yombi mu kwezi gushize.

Uretse ibitero igisirikare cya Israel cyagabye kuri Libani ku munsi w’ejo hashize, ingabo za Irani zatangaje ko hari indege za gisirikare zo mu bwoko bwa ‘Drones’ zambutse zivuye muri Libani zigamije kugaba ibitero kuri Israel. Ibyo byabaye nyuma y’uko ku wa gatatu no ku wa kabiri hari uturadiyo Hezbollah yakoreshaga mu itumanaho twaturaguritse tugahitana abantu 32 abandi barenga 3000 bagakomereka.

Ku rundi ruhande, minisitiri w’ingabo wa Israel, Gallant yatangaje ko yavuganye na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, LIoyd Austin, ku bibazo byo mu Burasirazuba bwo hagati no ku buryo Israel yakumira ibitero by’abarwanyi ba Hezbollah. Uyu wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nawe yaje gutangaza ko akomeje gushimangira ko Amerika ishyigikiye Israel mu gihe ikomeje guhangana n’umutwe wa Hezbollah n’iyindi yo muri ako karere ishyigikiwe na Irani.

             MCN.
Tags: CyagabyeHezbollahIDFIgitero bidasanzweIsraelK'u birindiro birindwiLibani

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Hamenyekanye uko byagenze kugira ngo indege ya perezida wa Mali itwikwe n’ibyihebe.

Hamenyekanye uko byagenze kugira ngo indege ya perezida wa Mali itwikwe n'ibyihebe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?