• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 28, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

You might also like

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Amakuru mashya aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aremeza ko umuhuro utegerejwe cyane uzahuza Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), hamwe na Perezida Donald Trump, uzabera i Washington tariki ya 04/11/2025. Ni inama yitezweho gushyira umukono ku masezerano y’amahoro y’ingenzi mu rwego rwo guhosha umwuka mubi umaze igihe hagati ya Kigali na Kinshasa, ndetse no gushaka umuti urambye ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo.

Uyu muhuro uje mu gihe intambara hagati ya FARDC n’umutwe wa AFC/M23 imaze imyaka ine, kandi ikomeje kugira ingaruka zikomeye ku mutekano n’imibereho y’abaturage mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo. Abasesenguzi b’ibibazo by’umutekano mu karere bavugako iyi nama ishobora kuba intangiriro y’impinduka zifatika, cyane cyane kubera imbaraga Washington ikomeje gushyira ku mpande zombi ngo zicare ku meza y’ibiganiro.

Amakuru yo mu nzego za dipolomasi i Washington yemeza ko Leta ya Trump ikomeje kongera igitutu kuri Kigali na Kinshasa, isaba ko impande zombi zishyira imbere politiki y’ibiganiro aho gukomeza kurebana ayingwe kubera intambara imaze igihe ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 27/11/2025, yavuze ko guhura na Perezida Tshisekedi i Washington “bishoboka kandi ko ari intambwe nziza mu rugendo rwo gushakira umuti ibibazo by’umutekano mu karere.”

Yongeyeho ko ibi biganiro bihabwa agaciro gakomeye nyuma y’uko imigambi yo guhurira mu kwezi kwa cumi n’u kwa cumi numwe itigeze igenda uko byari biteganyijwe. Kugera kuri uyu mwanzuro mushya rero bifatwa nk’intambwe ikomeye mu gushaka amahoro arambye.

Abahanga mu mibanire mpuzamahanga bavuga ko uyu muhuro uzaba ari umwe mu y’ingenzi muri politiki y’akarere mu mwaka wa 2025, cyane cyane mu gihe ubuhamya bw’amahanga bugaragaza inyota yo kubona umutekano ugaruka ku mipaka y’u Rwanda na Congo.

Gahunda z’inama, ibyo impande zombi zizaganiraho, n’uko ibyiyumviro bya Washington birimo kugira uruhare ku cyerekezo gishya cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC byose bizaganirwaho icyo gihe.

Tags: KagameTrumpTshisekedi
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe Ingabo z’u Burundi (FDNB) zahakanye byeruye ibirego byatanzwe n’abaturage ba Minembwe bibashinja kubafungira amasoko no kugaba ibitero...

Read moreDetails
Next Post
RDC: AFC/M23 yafashe Kalambi, Wazalendo n’ingabo z’u Burundi basenya ikiraro

RDC: AFC/M23 yafashe Kalambi, Wazalendo n'ingabo z'u Burundi basenya ikiraro

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?