• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 28, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Amakuru mashya aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aremeza ko umuhuro utegerejwe cyane uzahuza Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), hamwe na Perezida Donald Trump, uzabera i Washington tariki ya 04/12/2025. Ni inama yitezweho gushyira umukono ku masezerano y’amahoro y’ingenzi mu rwego rwo guhosha umwuka mubi umaze igihe hagati ya Kigali na Kinshasa, ndetse no gushaka umuti urambye ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo.

Uyu muhuro uje mu gihe intambara hagati ya FARDC n’umutwe wa AFC/M23 imaze imyaka ine, kandi ikomeje kugira ingaruka zikomeye ku mutekano n’imibereho y’abaturage mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo. Abasesenguzi b’ibibazo by’umutekano mu karere bavugako iyi nama ishobora kuba intangiriro y’impinduka zifatika, cyane cyane kubera imbaraga Washington ikomeje gushyira ku mpande zombi ngo zicare ku meza y’ibiganiro.

Amakuru yo mu nzego za dipolomasi i Washington yemeza ko Leta ya Trump ikomeje kongera igitutu kuri Kigali na Kinshasa, isaba ko impande zombi zishyira imbere politiki y’ibiganiro aho gukomeza kurebana ayingwe kubera intambara imaze igihe ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 27/11/2025, yavuze ko guhura na Perezida Tshisekedi i Washington “bishoboka kandi ko ari intambwe nziza mu rugendo rwo gushakira umuti ibibazo by’umutekano mu karere.”

Yongeyeho ko ibi biganiro bihabwa agaciro gakomeye nyuma y’uko imigambi yo guhurira mu kwezi kwa cumi n’u kwa cumi numwe itigeze igenda uko byari biteganyijwe. Kugera kuri uyu mwanzuro mushya rero bifatwa nk’intambwe ikomeye mu gushaka amahoro arambye.

Abahanga mu mibanire mpuzamahanga bavuga ko uyu muhuro uzaba ari umwe mu y’ingenzi muri politiki y’akarere mu mwaka wa 2025, cyane cyane mu gihe ubuhamya bw’amahanga bugaragaza inyota yo kubona umutekano ugaruka ku mipaka y’u Rwanda na Congo.

Gahunda z’inama, ibyo impande zombi zizaganiraho, n’uko ibyiyumviro bya Washington birimo kugira uruhare ku cyerekezo gishya cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC byose bizaganirwaho icyo gihe.

Tags: KagameTrumpTshisekedi
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Brazzaville ku gicamunsi cyo kuri uyu...

Read moreDetails

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

by Bahanda Bruce
April 14, 2026
0
Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200 Mu ijoro ryo ku wa 31 Werurwe 2026, inkongi y’umuriro n’iturika rikomeye byibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base, giherereye...

Read moreDetails

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 13, 2026
0
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Imvugo z’Abayobozi Zirakomeretsa kurusha Intwaro.

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC Iyi baruwa ifunguye yandikiwe Minisitiri ushinzwe itangazamakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
RDC: AFC/M23 yafashe Kalambi, Wazalendo n’ingabo z’u Burundi basenya ikiraro

RDC: AFC/M23 yafashe Kalambi, Wazalendo n'ingabo z'u Burundi basenya ikiraro

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?