• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ikindi kiri bukurikireho nyuma y’aho mu Minembwe bakiriye Intare-Batinya.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ikindi kiri bukurikireho nyuma y’aho mu Minembwe bakiriye Intare-Batinya.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ikindi kiri bukurikireho nyuma y’aho mu Minembwe bakiriye Intare-Batinya.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Brigadier General Charles Sematama, uzwi cyane nk’Intare-Batinya umuyobozi mukuru wa Twirwaneho, yongeye gukandagiza ibirenge bye muri centre ya Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i misozi miremire y’i Mulenge, nyuma yuko yaramaze igihe mu ruzinduko aho yari yaragiye kwivuza mu mahanga, abaturage bamwakiranye urugwiro, nawe abaha pole y’ibyo basigaye bahura nabyo, arabahumuriza, ubundi kandi abizeza umutekano ndetse no gutsinda uwahoraga abagabaho ibitero.

Ahagana isaha z’igicamunsi cy’ejo ku wa kane, tariki ya 27/04/2025, ni bwo Charles Sematama n’Ingabo bazananye, abaturage babakiriye muri centre ya Minembwe.

Ni birori byabereye imbere y’ibiro bya komine ya Minembwe.
Amashusho abigaragaza, agaragaza abaturage baribaje ku mwakira bari bakubise buzuye umusozi wose.

Ndetse agaragaza kandi n’abarimo abayobozi ba komine bamwakira, barimo Bourgoumestre Mukiza Gadi Nzabinesha, n’abandi.

Nyuma y’aho bamugaragarije ibyishimo bidasanzwe ubwo bamwakiraga, nawe yabagejejeho ijambo, aho yabanje kubaha pole, arabahumuriza ubundi ababwira mpuruyaha y’uruzinduko yagize ubwo yajaga kwivuza.

Muri iyo mpuyaha yababwiye n’intambara yahuye nazo, agaruka, ubundi kandi ababwira ko igihe kigeze kugira ngo “umwanzi uhora arwanya Abanyamulenge ahigwe bukware, kugeza akuweho burundu.”

Ibi kandi yabibwiye itangazamakuru ubwo yakirwaga mu Mikenke muri teritware ya Mwenga ku wa kabiri.
Icyo gihe yagize ati: “Adui yahoraga atera mu mihana y’Abanyamulenge, Twirwaneho ikirwanaho, irimo irwanirira muri ya mihana. Ariko igihe kirageze ngo tuze dusanga umwanzi iyo aturuka. Ariyo tumurasira.”

Abanyamulenge bamaze imyaka irenga 60 bajujubuzwa mu gihugu cyabo, ariko ibi byaje kurushaho kuba bibi mu myaka umunani ishize, kuko batangiye kugabwaho ibitero simusiga ahagana mu mwaka wa 2017.

Ni ibitero bagabwagaho n’ihuriro ry’Ingabo za Congo, ririmo FARDC, iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

Ibi bitero byose bagiye bagabwaho byarabishe, kubasenyera, bikabanganaza, harimo kandi ko byasize binyaze n’utwabo ubwo ni amatungo yabo arimo Inka n’ibindi.

Tubibutsa ko kuri ubu, Twirwaneho imaze iminsi ingana n’ukwezi kurenga ifashe igice cya Minembwe, Mikenke ndetse n’igice cyo mu Cyohagati kitari gito.

Tags: CentreCharles SematamaIntare batinyaMinembwe
Share55Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Icyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC yatangaje kubyo guhagarika ibitero kuri m23.

Kayikwamba uri gushaka imbaraga zo kurwanya m23 yagaragaye no mu bindi bihugu nyuma y'i Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?