• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ikindi kiri bukurikireho nyuma y’aho mu Minembwe bakiriye Intare-Batinya.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ikindi kiri bukurikireho nyuma y’aho mu Minembwe bakiriye Intare-Batinya.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ikindi kiri bukurikireho nyuma y’aho mu Minembwe bakiriye Intare-Batinya.

You might also like

RDC Yemeje Ibiganiro by’Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

Brigadier General Charles Sematama, uzwi cyane nk’Intare-Batinya umuyobozi mukuru wa Twirwaneho, yongeye gukandagiza ibirenge bye muri centre ya Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i misozi miremire y’i Mulenge, nyuma yuko yaramaze igihe mu ruzinduko aho yari yaragiye kwivuza mu mahanga, abaturage bamwakiranye urugwiro, nawe abaha pole y’ibyo basigaye bahura nabyo, arabahumuriza, ubundi kandi abizeza umutekano ndetse no gutsinda uwahoraga abagabaho ibitero.

Ahagana isaha z’igicamunsi cy’ejo ku wa kane, tariki ya 27/04/2025, ni bwo Charles Sematama n’Ingabo bazananye, abaturage babakiriye muri centre ya Minembwe.

Ni birori byabereye imbere y’ibiro bya komine ya Minembwe.
Amashusho abigaragaza, agaragaza abaturage baribaje ku mwakira bari bakubise buzuye umusozi wose.

Ndetse agaragaza kandi n’abarimo abayobozi ba komine bamwakira, barimo Bourgoumestre Mukiza Gadi Nzabinesha, n’abandi.

Nyuma y’aho bamugaragarije ibyishimo bidasanzwe ubwo bamwakiraga, nawe yabagejejeho ijambo, aho yabanje kubaha pole, arabahumuriza ubundi ababwira mpuruyaha y’uruzinduko yagize ubwo yajaga kwivuza.

Muri iyo mpuyaha yababwiye n’intambara yahuye nazo, agaruka, ubundi kandi ababwira ko igihe kigeze kugira ngo “umwanzi uhora arwanya Abanyamulenge ahigwe bukware, kugeza akuweho burundu.”

Ibi kandi yabibwiye itangazamakuru ubwo yakirwaga mu Mikenke muri teritware ya Mwenga ku wa kabiri.
Icyo gihe yagize ati: “Adui yahoraga atera mu mihana y’Abanyamulenge, Twirwaneho ikirwanaho, irimo irwanirira muri ya mihana. Ariko igihe kirageze ngo tuze dusanga umwanzi iyo aturuka. Ariyo tumurasira.”

Abanyamulenge bamaze imyaka irenga 60 bajujubuzwa mu gihugu cyabo, ariko ibi byaje kurushaho kuba bibi mu myaka umunani ishize, kuko batangiye kugabwaho ibitero simusiga ahagana mu mwaka wa 2017.

Ni ibitero bagabwagaho n’ihuriro ry’Ingabo za Congo, ririmo FARDC, iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

Ibi bitero byose bagiye bagabwaho byarabishe, kubasenyera, bikabanganaza, harimo kandi ko byasize binyaze n’utwabo ubwo ni amatungo yabo arimo Inka n’ibindi.

Tubibutsa ko kuri ubu, Twirwaneho imaze iminsi ingana n’ukwezi kurenga ifashe igice cya Minembwe, Mikenke ndetse n’igice cyo mu Cyohagati kitari gito.

Tags: CentreCharles SematamaIntare batinyaMinembwe
Share55Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC Yemeje Ibiganiro by’Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC Yemeje Ibiganiro by’Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze

RDC Yemeje Ibiganiro by'Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze MINEMBWE CAPITAL NEWS Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye gushimangira ko ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie MINEMBWE...

Read moreDetails

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by'Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n'Igitutu cya Politiki MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka ku hazaza h'ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
La RDC entre dans une phase politique décisive : la décision de la Cour constitutionnelle relance le débat. Le pouvoir de Félix Tshisekedi est-il menacé ? Analyse approfondie

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails
Next Post
Icyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC yatangaje kubyo guhagarika ibitero kuri m23.

Kayikwamba uri gushaka imbaraga zo kurwanya m23 yagaragaye no mu bindi bihugu nyuma y'i Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?