• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye impamvu abategetsi bo muri Afrika y’Epfo basaba gucura abasirikare bayo, bakavanwa muri RDC.

minebwenews by minebwenews
July 19, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye impamvu abategetsi bo muri Afrika y’Epfo basaba gucura abasirikare bayo, bakavanwa muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye impamvu abategetsi bo muri Afrika y’Epfo basaba gucura abasirikare bayo, bakavanwa muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyasabwe n’ishyaka rya Democratic Alliance (DA), risanzwe ritavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi rya ANC, risaba ko ingabo za Afrika y’Epfo zavanwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ngo kuko zidashoboye kurwanya umutwe wa M23 urwanira ukubaho kwabo.

Iri shyaka rya Democratic Alliance, ubushize ryabonye imyamya myinshi muri Guverinoma ya perezida Cyril Ramaphosa, rikaba riri gufatanya byacyane na ANC iri kubutegetsi kubaka iki gihugu.

Usibye ko ryabonye imyamya myinshi mu nteko ishinga amategeko no muri Guverinoma ryabonyemo imyamya 6, bikaba biri mubyatumye ubuyobozi bw’iri shyaka busaba ko abasirikare ba Afrika y’Epfo bari muri Congo bataha, kandi bitaba ibyo, ngo leta y’iki gihugu ikohereza ingabo zose z’iki gihugu kuja guhangana na M23. Ndetse kandi ngo hagakoreshwa n’indege z’intambara nyinshi, udasize za drone, mu gihe bidakunda ingabo zabo zigataha.

Nk’uko byavuzwe nuko Afrika y’Epfo yahawe amakuru n’ubutasi bw’igisirikare cyabo, abahamiriza ko “abarwanyi ba M23 bipanze neza, kandi ko biteguye ku rwana nu wari wese, ndetse ko ubu biteguye bihagije gufata imijyi ikomeye,” bityo aba bategetsi bagatinya ko Igisirikare cyabo cyazashirira mu ntambara kirimo gufasha Ingabo za leta ya Kinshasa mu Ntara ya Kivu Yaruguru.”

Andi makuru avuga ko ingabo za Afrika y’Epfo ko zaba zarananiwe gukorana na FARDC n’imitwe y’itwaje imbunda, ahanini biva ku kuba FARDC n’iyimitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR na Wazalendo bagaragayeho kurya ruswa, kwiba abaturage no gukora ibyaha byinshi byo mu ntambara.

Hagati aho, mu byumweru bibiri bishize bikaba byari byatangajwe ko Ingabo za Afrika y’Epfo ko ziheruka gupfira mu mirwano iheruka mu bice byo muri teritware ya Lubero na Rutshuru, nubwo nta mubare nyawo watangajwe ariko byavugwa ko babarirwa mu mirongo.

Izi ngabo rero, ntagihe cyashizweho cyo kuba bava mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

            MCN.
Tags: Afrika y'EpfoDemocratic Alliance DAIngabo zayoKuva muri RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo gucukura amabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajy’epfo, byahagaritswe, menya impamvu.

Ibyo gucukura amabuye y'agaciro muri Kivu y'Amajy'epfo, byahagaritswe, menya impamvu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?