Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye impamvu abategetsi bo muri Afrika y’Epfo basaba gucura abasirikare bayo, bakavanwa muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 19, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye impamvu abategetsi bo muri Afrika y’Epfo basaba gucura abasirikare bayo, bakavanwa muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye impamvu abategetsi bo muri Afrika y’Epfo basaba gucura abasirikare bayo, bakavanwa muri RDC.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

N’ibyasabwe n’ishyaka rya Democratic Alliance (DA), risanzwe ritavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi rya ANC, risaba ko ingabo za Afrika y’Epfo zavanwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ngo kuko zidashoboye kurwanya umutwe wa M23 urwanira ukubaho kwabo.

Iri shyaka rya Democratic Alliance, ubushize ryabonye imyamya myinshi muri Guverinoma ya perezida Cyril Ramaphosa, rikaba riri gufatanya byacyane na ANC iri kubutegetsi kubaka iki gihugu.

Usibye ko ryabonye imyamya myinshi mu nteko ishinga amategeko no muri Guverinoma ryabonyemo imyamya 6, bikaba biri mubyatumye ubuyobozi bw’iri shyaka busaba ko abasirikare ba Afrika y’Epfo bari muri Congo bataha, kandi bitaba ibyo, ngo leta y’iki gihugu ikohereza ingabo zose z’iki gihugu kuja guhangana na M23. Ndetse kandi ngo hagakoreshwa n’indege z’intambara nyinshi, udasize za drone, mu gihe bidakunda ingabo zabo zigataha.

Nk’uko byavuzwe nuko Afrika y’Epfo yahawe amakuru n’ubutasi bw’igisirikare cyabo, abahamiriza ko “abarwanyi ba M23 bipanze neza, kandi ko biteguye ku rwana nu wari wese, ndetse ko ubu biteguye bihagije gufata imijyi ikomeye,” bityo aba bategetsi bagatinya ko Igisirikare cyabo cyazashirira mu ntambara kirimo gufasha Ingabo za leta ya Kinshasa mu Ntara ya Kivu Yaruguru.”

Andi makuru avuga ko ingabo za Afrika y’Epfo ko zaba zarananiwe gukorana na FARDC n’imitwe y’itwaje imbunda, ahanini biva ku kuba FARDC n’iyimitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR na Wazalendo bagaragayeho kurya ruswa, kwiba abaturage no gukora ibyaha byinshi byo mu ntambara.

Hagati aho, mu byumweru bibiri bishize bikaba byari byatangajwe ko Ingabo za Afrika y’Epfo ko ziheruka gupfira mu mirwano iheruka mu bice byo muri teritware ya Lubero na Rutshuru, nubwo nta mubare nyawo watangajwe ariko byavugwa ko babarirwa mu mirongo.

Izi ngabo rero, ntagihe cyashizweho cyo kuba bava mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

            MCN.
Tags: Afrika y'EpfoDemocratic Alliance DAIngabo zayoKuva muri RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo gucukura amabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajy’epfo, byahagaritswe, menya impamvu.

Ibyo gucukura amabuye y'agaciro muri Kivu y'Amajy'epfo, byahagaritswe, menya impamvu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?