• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye impamvu abategetsi bo muri Afrika y’Epfo basaba gucura abasirikare bayo, bakavanwa muri RDC.

minebwenews by minebwenews
July 19, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye impamvu abategetsi bo muri Afrika y’Epfo basaba gucura abasirikare bayo, bakavanwa muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye impamvu abategetsi bo muri Afrika y’Epfo basaba gucura abasirikare bayo, bakavanwa muri RDC.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

N’ibyasabwe n’ishyaka rya Democratic Alliance (DA), risanzwe ritavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi rya ANC, risaba ko ingabo za Afrika y’Epfo zavanwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ngo kuko zidashoboye kurwanya umutwe wa M23 urwanira ukubaho kwabo.

Iri shyaka rya Democratic Alliance, ubushize ryabonye imyamya myinshi muri Guverinoma ya perezida Cyril Ramaphosa, rikaba riri gufatanya byacyane na ANC iri kubutegetsi kubaka iki gihugu.

Usibye ko ryabonye imyamya myinshi mu nteko ishinga amategeko no muri Guverinoma ryabonyemo imyamya 6, bikaba biri mubyatumye ubuyobozi bw’iri shyaka busaba ko abasirikare ba Afrika y’Epfo bari muri Congo bataha, kandi bitaba ibyo, ngo leta y’iki gihugu ikohereza ingabo zose z’iki gihugu kuja guhangana na M23. Ndetse kandi ngo hagakoreshwa n’indege z’intambara nyinshi, udasize za drone, mu gihe bidakunda ingabo zabo zigataha.

Nk’uko byavuzwe nuko Afrika y’Epfo yahawe amakuru n’ubutasi bw’igisirikare cyabo, abahamiriza ko “abarwanyi ba M23 bipanze neza, kandi ko biteguye ku rwana nu wari wese, ndetse ko ubu biteguye bihagije gufata imijyi ikomeye,” bityo aba bategetsi bagatinya ko Igisirikare cyabo cyazashirira mu ntambara kirimo gufasha Ingabo za leta ya Kinshasa mu Ntara ya Kivu Yaruguru.”

Andi makuru avuga ko ingabo za Afrika y’Epfo ko zaba zarananiwe gukorana na FARDC n’imitwe y’itwaje imbunda, ahanini biva ku kuba FARDC n’iyimitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR na Wazalendo bagaragayeho kurya ruswa, kwiba abaturage no gukora ibyaha byinshi byo mu ntambara.

Hagati aho, mu byumweru bibiri bishize bikaba byari byatangajwe ko Ingabo za Afrika y’Epfo ko ziheruka gupfira mu mirwano iheruka mu bice byo muri teritware ya Lubero na Rutshuru, nubwo nta mubare nyawo watangajwe ariko byavugwa ko babarirwa mu mirongo.

Izi ngabo rero, ntagihe cyashizweho cyo kuba bava mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

            MCN.
Tags: Afrika y'EpfoDemocratic Alliance DAIngabo zayoKuva muri RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo gucukura amabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajy’epfo, byahagaritswe, menya impamvu.

Ibyo gucukura amabuye y'agaciro muri Kivu y'Amajy'epfo, byahagaritswe, menya impamvu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?