Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ziri gutura kugaba ibitero mu Mihana ya Twirwaneho, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 5, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ziri gutura kugaba ibitero mu Mihana ya Twirwaneho, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ziravugwaho gutegura ku gaba ibitero mu baturage b’irwanaho bazwi nka Twirwaneho.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni amakuru avuga ko ibyo bitero biri gutegurwa n’ingabo zo muri brigade ya 12, ifite icyicaro mu Minembwe, ho mu misozi miremire y’imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko Minembwe Capital News yahawe ay’amakuru n’umuntu wizewe wo mu tsinda rya Twirwaneho, yahamije ko ay’amakuru bayahawe n’umusirikare wa FARDC uri mu Minembwe.

Avuga ko ibyo bitero biri gutegurwa ahanini na Colonel Alexis Rugabisha ushinzwe imitegurire muri brigade ya 12.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko ibyo bitero biri gutegurwa kuzagabwa ahitwa Gahwera, mu Marango na Kabingo, ahari umuhana mu nini w’abaturage b’irwanaho.

Ibyo bitero biri gutegurwa mu gihe mu Minembwe hari hamaze igihe kirenga amezi atatu nta mirwano ihabera, nyuma y’intambara ikomeye yakunze Kubera mu Marango mu mpera zu mwaka ushize.

Kimweho mu misozi miremire y’imulenge hakunze kuvugwa ubujura ahanini bukorwa n’a Maï Maï aho baza kw’iba Inka z’Abanyamulenge bakaza bitwaje imbunda rimwe narimwe bakaraswaho n’abaturage baturiye ibyo bice.

              MCN.
Tags: Brigade ya 12FardcGuteguraIbiteroKugabaMu MinembweTwirwaneho
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango wa SADC ufite ingabo zayo  mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziramagana ibivugwa ku ngabo zayo.

Umuryango wa SADC ufite ingabo zayo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziramagana ibivugwa ku ngabo zayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?