• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango wa SADC ufite ingabo zayo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziramagana ibivugwa ku ngabo zayo.

minebwenews by minebwenews
April 5, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango wa SADC ufite ingabo zayo  mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziramagana ibivugwa ku ngabo zayo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa SADC wa maganye ibikomeje kuvugwa ku ngabo zayo ziri mu butumwa bwa SAMIDRC.

Ni ibikubiye mu butumwa bwatanzwe n’uyu muryango w’ibihugu byo muri SADC, aho ubwo butumwa butera utwatsi amakuru bo bavuga ko ari ibinyoma ngo kandi agamije kuyobya abantu.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ubwo butumwa buvuga kandi ko ayo makuru anyuzwa kuri interineti, akavuga ku bikorwa by’ingabo zayo ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uyu muryango ukavuga ko wamaganye byimazeyo amakuru atari yo ndetse n’ibisobanuro ku bikorwa by’ingabo zayo ziri mu gice cy’iburasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kandi irashaka kumvikanisha neza ko ingabo za Afrika y’Epfo (SANDF) zoherejwe muri RDC ziri mu nshingano z’u butumwa bwa SADC muri icyo gihugu cya RDC.

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko kohereza SAMIRDC byemejwe n’inama idasanzwe ya SADC y’abakuru b’ibihugu na Guverinoma yabereye i Windhoek, mu gihugu cya Namibiya, yabaye ku wa 08/052023 , bukavuga ko ibyo biri munshingano zo gushakira amahoro n’umutekano Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubutumwa bwa SAMIDRC burimo ingabo zavuye mu gihugu cya Malawi, Tanzania na Afrika y’Epfo.

SADC yatanze ubu butumwa mu gihe hari ha heruka gutangwa amakuru ko ingabo za Afrika y’Epfo ziri mu butumwa bwa SAMIDRC muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko hari izafashwe mpiri na M23 zifatiwe kurugamba, na none hakaba harandi avuga ko izo ngabo zisangira ubwiherero bumwe ari abasirikare bagera kuri 600.

SADC yasoje ubutumwa bwayo ivuga ko igiye kuzitangaza amakuru yerekanye n’ibikorwa byayo byo gufasha igisirikare cya Congo binyuze ku mbuga zayo zabigenewe.

Ingabo za SADC zageze mu Burasirazuba bwa RDC ahagana mu mpera z’u mwaka ushize w’2023, mu rwego rwo gufasha Guverinoma ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23.

         MCN.
Tags: Ibivugwa ku ngabo zayoIramaganaMu Burasirazuba bwa RDCSADC

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyo avuga kuri Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse niri gukorwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyo avuga kuri Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse niri gukorwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?