Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ko ingabo z’u Burundi zateguye gutera Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 28, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ko ingabo z’u Burundi zateguye gutera Abanyamulenge.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ko ingabo z’u Burundi zateguye gutera Abanyamulenge.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Amakuru aturuka mu Mikenke ahaheruka kwigarurirwa n’umutwe wa Twirwaneho ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, avuga ko ingabo z’u Burundi n’imitwe yitwaje imbunda ikorana byahafi nazo irimo FDLR na Wazalendo bateguye kugaba ibitero ku Banyamulenge batuye aha mu Mikenke.

Mu cyumweru gishize nibwo Twirwaneho yigaruriye igice cya Mikenke icyurukanyemo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ririmo ingabo z’u, FARDC, FDLR na Wazalendo.

Kuri ubu aba barwanyi ba Twirwaneho baragenzura Mikenke, Kamombo n’utundi duce two muri ibyo bice.

Twirwaneho yafashe Mikenke nyuma yuko yari yafashe Minembwe, aho byashimishije abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ni mu gihe bari bagize igihe bateswa n’ingabo za Fardc.

Gusa aya makuru ava mu Mikenke avuga ko abaturage baho bamenye neza ko ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo babagabaho ibitero. Kandi ko babigaba baturutse mu Rwitsankuku no mu Gipupu.

Umwe mu baturage dukesha iyi nkuru yagize ati: “Dufite amakuru ko ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo bagaba ibitero. Aha mu Mikenke.”

Yavuze kandi ko nubwo bafite ayo makuru mabi, ariko ko bari bafite umutekano mwiza kuva Twirwaneho yafata iki gice.

Ati: “Twari dufite umutekano wose rwose, ariko ikibazo ni ayo makuru mabi.”
Uyu muturage yagaragaje ko aya makuru bayahawe n’inshuti zabo zo mu bwoko bw’Abapfulero.

Kuri none ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo bari ahitwa mu Rwitsankuku no mu Gipupu. Ibi bice bikaba bisa n’ibizengurutse agace ka Mikenke kabarizwa muri secteur ya Itombwe teritware ya Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo.

Tags: FDLRIgiteroIngabo z'u BurundiMikenkeTwirwaneho
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bayobowe na Lt.Gen. Masunzu, basahuye n’abaturage bitakekwa ko bosahura!

Ingabo z'u Burundi, FDLR na Wazalendo zakubiswe ahababaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?