• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo zakubiswe ahababaza.

minebwenews by minebwenews
February 28, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare bayobowe na Lt.Gen. Masunzu, basahuye n’abaturage bitakekwa ko bosahura!
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo zakubiswe ahababaza.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ihuriro ririmo ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, ku munsi w’ejo hashyize, tariki ya 27/02/2025, ryari ryikusanyirije mu bice by’i Nyangenzi muri Kivu y’Epfo ngo rigabe ibitero kuri m23, maze abarwanyi bo muri uyu mutwe babakubita ahababaza, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni ahitwa i Businga haherereye mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Nyangenzi muri teritware ya Walungu, niho iri huriro rigizwe n’ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo ryari ryikusanyirije ngo ritere abasirikare ba m23 bari muri ibi bice.

Minembwe.com yamenye ko abarwanyi bo muri uyu mutwe bamenye ko baterwa mbere y’igihe, niko guhita baba maso, abandi n’abo mu kugaba icyo gitero baraswa n’iyo batazi, aho bahaswe umuriro w’imbunda biruka umugenda wose.

Byavuzwe ko iri huriro ryahise rikwira imishwaro, kuko bamwe bo muri ryo bahungiye i Kaziba, bacyiye ku misozi ya Shinda, abandi bamanukira ku misozi imanukira i Rubarika.

Ubuhamya bugira buti: “Wazalendo, ingabo z’u Burundi na FDLR bikusanyirije i Businga ngo batere m23, ariko icyababayeho ntibazacyibagirwa, kuko m23 yabakubise inshuro, bamwe bahise bahungira i Kaziba bacyiye ku misozi ya Shinda, abandi berekeza ku misozi imanukira i Rubarika.”

Ubuhamya buvuga kandi ko iri huriro ryambuwe n’ibikoresho bya gisirikare byinshi, utaretse ko ryanahatakarije n’ingabo nyinshi, ahanini zigwiriyemo iz’u Burundi na Wazalendo.

Ku rundi ruhande aba barwana ku ruhande rwa Leta, aha’rejo kandi, bagerageje gutera i Kamanyola ahaheruka kwigarurirwa n’umutwe wa m23, maze abarwanyi b’uyu mutwe babivutamo birangira Wazalendo 31 bahasize ubuzima mu gihe ku ruhande rwa m23 ntanuwakomeretse nk’uko iyi nkuru ivuga.

Hagataho, i Uvira igice kikigenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo, abaturage bahatuye cyane cyane abo mu bwoko bw’Abanyamulenge bari muguterwa n’ingabo za Fardc na Wazalendo mu masaha y’ijoro bakabambura ibirimo amatelefone n’i faranga cyane.

Umwe mu bahaturiye waduhaye iyi nkuru yagize ati: “Nta makuru dufite usibye ku babara gusa! Mu masaha y’ijoro turi mukwinjiranwa n’ingabo za Fardc na Wazalendo. Iyo bakwinjiranye nta kindi bakwaka ni Telefone n’i faranga gusa.”

Nyamara nubwo ari uko bimeze, ariko umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, muri meeting y’ejo hashyize yabereye i Bukavu, yasezeranyije ko ingabo ze zigiye gufata i Uvira kugira ngo ziruhure abaturage bagize igihe kirekire barushye.

Kimwecyo nta munsi yemeje bazafata i Uvira, ariko yavuze ko izafatwa mu minsi yavuba.

Tags: AhababazaFDLRIngabo z'u BurundiM23
Share47Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze, u Rwanda rwatumije ambasaderi w’u Bwongereza gusobanura ibyatangajwe na minisitiri Collins.

Byakaze, u Rwanda rwatumije ambasaderi w'u Bwongereza gusobanura ibyatangajwe na minisitiri Collins.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?