• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye uko byagenze kugira ngo indege ya perezida wa Mali itwikwe n’ibyihebe.

minebwenews by minebwenews
September 20, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye uko byagenze kugira ngo indege ya perezida wa Mali itwikwe n’ibyihebe.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye uko byagenze kugira ngo indege ya perezida wa Mali itwikwe n’ibyihebe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ku wa Kabiri tariki ya 17/09/2024, nibwo ibyihebe byagabye igitero kidasanzwe ku ishuri ritangirwamo imyitozo igenewe abapolisi kabuhariwe no kuzindi nzego zikomeye, bikarangira ibyo byihebe bitwitse indege ya perezida w’iki gihugu cya Mali.

Amakuru avuga ko icyo gitero ko cyiciwemo abapolisi bari ku kosi, nyuma ibi byihebe biza kwigarurira ikibuga cy’indege ari nabwo byahise biha inkongi y’umuriro iriya ndege ya perezida wa Mali. Kugeza ubu iki gihugu ntabwo kiratangaza umubare w’abahitanwe n’icyo gitero kidasanzwe, usibye ko Leta ibinyujije kuri televisiyo y’igihugu yavuze ko hari abantu bapfuye ariko ntiyavuga umubare wabo.

Amashusho yakomeje gukwirakwizwa ku mbugankoranyambaga agaragaza imirambo myinshi y’abapolisi bapfuye, muri iyo mirambo imwe uyibona munsi y’ibiti no mu byumba by’amazu babagamo.

Ku rundi ruhande, umutwe wa Jama’s Nursrat Ul-Islam wa Al-Muslimin usanzwe wegamiye kuri Al Qaeda wigambye kugaba iki gitero, aho wavuze ko ‘amagana y’abasirikare b’umwanzi bishwe.’ Si indege ya perezida wa Mali iki gitero cyatwitse gusa kuko hari izindi ndege 3 zagisirikare cyatwitse zirimo na Drone, izindi 4 zibuzwa gukora nk’uko ibiro ntara makuru by’Abongereza byabitangaje.

Iki gitero cyakozwe mu gihe iki gihugu cyari mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 64 ishize gishyinze ‘Gendarmerie’ yacyo. Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Col Assim Goita mu ijambo rijyanye n’uy’umuhango yigambye ko igisirikare cya Mali cyaciye intege imitwe y’itwaje imbunda. Umuryango w’Abibumbye ndetse n’uw’ubumwe bw’u Burayi iri mu bamaganye kiriya gitero.

            MCN.
Tags: ByatwitseIbyihebeMali
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kurikiza inama abahanga batanga niba ushaka kubyara impanga(amahashya).

Kurikiza inama abahanga batanga niba ushaka kubyara impanga(amahashya).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?